Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kirehe: Batemye Insina 200 Z’Umuturanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kirehe: Batemye Insina 200 Z’Umuturanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2024 2:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Insina 200 bazaratitse: Ifoto@Isango Star
SHARE

Mu Murenge wa Mushikiri Akagari ka Bisigara, Umudugudu w’Umutuzo biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 200 bazirambika aho barigendera.

Ni insina zo mu rutoki rwa Théoneste Ntahompagaze.

Icyakora Polisi itangaza ko hari abantu batatu yafashe ikekaho urwo rugomo.

Abafashwe bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyarubuye mu Karere ka Kirehe( ari naho byabereye mu Murenge wa Mushikiri) mu gihe abatorotse bagishakishwa.

Byabereye mu Murenge wa Mushikiri ariko ababikoze bafungiwe mu Murenge wa Nyarubuye, yombi ikaba iyo muri Kirehe

Mu Rwanda hajya humvikana abantu birara mu mirima ya bagenzi babo bakayitema.

Hari n’abatema amatungo cyane cyane inka.

Ubugenzacyaha bukunze gufata abo bantu ariko ntibicika.

Mu gihe cy’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi nibwo hakunze kumvikana abantu batema inka z’abarokotse Jenoside mu rwego rwo gukomeza kubababaza.

TAGGED:InsinaKirehePolisiUrutoki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi Bo Mu Rwanda Barataka Ruswa Ku Isoko Ryo Mu Karere
Next Article Nduhungirehe Yasubiye Muri Angola Kuganira Na Mugenzi We Wa DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

You Might Also Like

Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?