Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kirehe: Batemye Insina 200 Z’Umuturanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kirehe: Batemye Insina 200 Z’Umuturanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2024 2:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Insina 200 bazaratitse: Ifoto@Isango Star
SHARE

Mu Murenge wa Mushikiri Akagari ka Bisigara, Umudugudu w’Umutuzo biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 200 bazirambika aho barigendera.

Ni insina zo mu rutoki rwa Théoneste Ntahompagaze.

Icyakora Polisi itangaza ko hari abantu batatu yafashe ikekaho urwo rugomo.

Abafashwe bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyarubuye mu Karere ka Kirehe( ari naho byabereye mu Murenge wa Mushikiri) mu gihe abatorotse bagishakishwa.

Byabereye mu Murenge wa Mushikiri ariko ababikoze bafungiwe mu Murenge wa Nyarubuye, yombi ikaba iyo muri Kirehe

Mu Rwanda hajya humvikana abantu birara mu mirima ya bagenzi babo bakayitema.

Hari n’abatema amatungo cyane cyane inka.

Ubugenzacyaha bukunze gufata abo bantu ariko ntibicika.

Mu gihe cy’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi nibwo hakunze kumvikana abantu batema inka z’abarokotse Jenoside mu rwego rwo gukomeza kubababaza.

TAGGED:InsinaKirehePolisiUrutoki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi Bo Mu Rwanda Barataka Ruswa Ku Isoko Ryo Mu Karere
Next Article Nduhungirehe Yasubiye Muri Angola Kuganira Na Mugenzi We Wa DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?