Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Koreya Y’Epfo Irigamba Guhanura Indege Z’Iya Ruguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Koreya Y’Epfo Irigamba Guhanura Indege Z’Iya Ruguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 November 2022 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Cable News Network( CNN) yatangaje ko Koreya y’Epfo yatangaje ko yahanuye indege 80 za Koreya ya Ruguru. Ngo izo ndege zari ziri mu zindi nyinshi zarenze umurongo w’ikirere kigabanya ibihugu byombi. Ni igikorwa kibaye mu gihe muri Aziya hasanzwe umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan.

Ubwo kandi niko hari n’indi ntambara iri guca ibintu hagati ya Ukraine n’u Burusiya.

Ni intambara yatangiye muri Gashyantare, 2022 kugeza n’ubu ikibica bigacika.

Itangazo ryavuye muri Minisiteri y’ingabo ya Koreya y’Epfo rivuga ko muri rusange indege 180 za Koreya ya Ruguru ari zo zarenze umupaka ugabanya ikirere cy’ibihugu byombi zigera mu kirere cya Seoul.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ngo hari hagati ya saa tanu na saa cyenda by’’ijoro ryacyeye.

Bibaye kandi hashize igihe gito ubutegetsi bw’i Pyongyang bwari buherutse kugerageza igisasu cyitwa intercontinental ballistic missile (ICBM) ariko kirapfuba.

Umujinya wa Koreya ya Ruguru wazamuwe n’imyitozo ya gisirikare iherutse gukorwa hagati y’iingabo za Koreya y’Epfo zifatanyije n’iza Amerika.

Ni imyitozo yahuje ingabo z’ibihugu byombi zirwanira mu kirere zibarirwa mu bihumbi byinshi.

Umujinya wa Koreya ya Ruguru watumye ihita irasa missiles 23 mu munsi umwe.

- Advertisement -

Nibwo bwa mbere yari irashe ibisasu byinshi bene ako kageni.

Nyuma yo kurasa izo ndege, ingabo za Koreya y’Epfo zakomeje kuba maso ngo zirinde ubusugire bw’igihugu cyazo.

Hagati aho, mu Muryango w’Abibumbye hateganyijwe kuza guterana inama idasanzwe y’Akanama k’uyu muryango gashinzwe amahoro ku isi ngo abakagize bigire hamwe uko ikibazo cya Koreya ya ruguru cyakurikiranirwa hafi.

Mu kiganiro Ambasaderi w’Amerika  mu Muryango w’Abibumbye witwa Linda Thomas-Greenfield aherutse guha CNN yamaganye ibikorwa bya Koreya ya ruguru, avuga ko bigaragaza kudashyira mu gaciro.

TAGGED:AmerikafeaturedIngaboKoreya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ashima Ababyeyi Bohereza Abana Babo Mu Ngabo Z’u Rwanda
Next Article Perezida Kagame Yibukije RDF Kwirinda Ibiyobyabwenge N’isindwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?