Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kugonga Umwana Ni Ishyano Riba Riguye- ACP Teddy Ruyenzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kugonga Umwana Ni Ishyano Riba Riguye- ACP Teddy Ruyenzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2021 8:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ubutegetsi mu ishami ryayo rishinzwe umutekano mu muhanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Teddy Ruyenzi agaya abashoferi batwara ibinyabiziga biruka, rimwe na rimwe bakagonga kandi bakica abana.

Avuga ko kugonga umwana agapfa riba ari ishyano riguye ku gihugu, bityo agasaba abashoferi kwigengesera, bakirinda umuvuduko cyane cyane muri ibi bihe by’imvura.

ACP Ruyenzi yabwiye RBA ko muri imibare yerekana ko impanuka zigabanuka  ariko ko kuba hari izikiba ubwabyo ari ikibazo.

Yagize ati: “Impanuka ziri kugabanuka ariko hari izigikorwa ariko dushyizemo ubwitonzi, ntitwiruke, byakomeza gufasha mu kuzirinda.”

Avuga ko ikindi kigitera impanuka ari ukutita ku bihe ngo abantu babone ko kwiruka mu bihe by’imvura ari ugushyira ubuzima bwabo mu kaga.

ACP Ruyenzi yanenze kandi akebura abamotari bibagirwa kuzimya ibinyoteri bikaba byateza impanuka.

Abajijwe niba hari imibare yerekana uko impanuka zakozwe biturutse ku businzi zingana , ACP Teddy Ruyenzi yavuze ko iriya mibare azayitangaza mu cyumweru gitaha.

TAGGED:featuredRuyenziUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Melinda Yinjiye Mu Batunze Miliyari Z’Amadolari Nyuma Yo Gutandukana Na Bill Gates
Next Article Yafashwe Yagiye Kurangura Urumogi, Agerageza Gutanga Ruswa Ya Miliyoni 1 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?