Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kugonga Umwana Ni Ishyano Riba Riguye- ACP Teddy Ruyenzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kugonga Umwana Ni Ishyano Riba Riguye- ACP Teddy Ruyenzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2021 8:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ubutegetsi mu ishami ryayo rishinzwe umutekano mu muhanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Teddy Ruyenzi agaya abashoferi batwara ibinyabiziga biruka, rimwe na rimwe bakagonga kandi bakica abana.

Avuga ko kugonga umwana agapfa riba ari ishyano riguye ku gihugu, bityo agasaba abashoferi kwigengesera, bakirinda umuvuduko cyane cyane muri ibi bihe by’imvura.

ACP Ruyenzi yabwiye RBA ko muri imibare yerekana ko impanuka zigabanuka  ariko ko kuba hari izikiba ubwabyo ari ikibazo.

Yagize ati: “Impanuka ziri kugabanuka ariko hari izigikorwa ariko dushyizemo ubwitonzi, ntitwiruke, byakomeza gufasha mu kuzirinda.”

Avuga ko ikindi kigitera impanuka ari ukutita ku bihe ngo abantu babone ko kwiruka mu bihe by’imvura ari ugushyira ubuzima bwabo mu kaga.

ACP Ruyenzi yanenze kandi akebura abamotari bibagirwa kuzimya ibinyoteri bikaba byateza impanuka.

Abajijwe niba hari imibare yerekana uko impanuka zakozwe biturutse ku businzi zingana , ACP Teddy Ruyenzi yavuze ko iriya mibare azayitangaza mu cyumweru gitaha.

TAGGED:featuredRuyenziUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Melinda Yinjiye Mu Batunze Miliyari Z’Amadolari Nyuma Yo Gutandukana Na Bill Gates
Next Article Yafashwe Yagiye Kurangura Urumogi, Agerageza Gutanga Ruswa Ya Miliyoni 1 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?