Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kwibuka27: Abantu 66 Bakurikiranyweho Ibyaha By’Ingengabitekerezo Ya Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kwibuka27: Abantu 66 Bakurikiranyweho Ibyaha By’Ingengabitekerezo Ya Jenoside

Last updated: 15 April 2021 9:09 pm
Share
Umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, Dr Thierry B. Murangira
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu 66 mu birego 83 rwakiriye, bakurikiranyweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside, gupfobya no guhakana jenoside yakorewe Abatutsi n’ibindi bifitanye isano nayo.

Ni ibyaha bakekwaho ko bakoze mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umuvugizi wa RIB Dr Thierry Murangira yabwiye RBA ko ugereranyije n’umwaka ushize, mu cyumweru nk’iki ibyo byaha byagabanyutse.

Ati “Mu 2017 ibirego byari 114, mu 2018 biragabanyuka biba 72, mu 2019 birazamuka biba 80, mu 2020 byabaye 91, naho uyu mwaka ni 83, urumva ko bigabanyuka.”

“Iyo urebye ibirego RIB yakiriye ni 87 kuva tariki 7 Mata kugeza tariki 13, noneho ibyaha byose byakozweho n’ubugenzacyaha tugasanga bifite aho bihuriye n’ingengabitekerezo ya Jenoside ni 83.”

Dr Murangira avuga ko ibi ari ibyaha bishingiye ku magambo, ariko hari n’abagihohotera abacitse ku icumu.

TAGGED:featuredMurangiraRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Harakekwa Ruswa Mu Mugambi Wo Kwigarurira Ubutaka Bw’Umupadiri
Next Article Abapolisi 248 Basimbuwe Mu Kazi muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?