Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Leta Zunze UBumwe Z’Abarabu Mu Masezerano Y’Ubufatanye N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Leta Zunze UBumwe Z’Abarabu Mu Masezerano Y’Ubufatanye N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yaraye asinyanye na mugenzi we wo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu amasezerano yo kongera ubufatanye hagati ya Kigali na Abu Dhabi.

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda bitangaza ko ariya masezerano yasinywe mu rwego rwo gutera indi ntambwe kandi y’ingenzi mu butwererane ‘mu miyoborere n’imitangire ya serivisi mu iterambere ry’u Rwanda na kiriya gihugu.

Ku ruhande rwa Leta ziyunze z’Abarabu, Minisitiri w’Intebe wungirije wa UAE, Saif bin Zayed Al Nahyan niwe wasinye ku nyandiko zariya masezerano.

Leta zunze z’Abarabu ni kimwe mu bihugu bigura byinshi mu byo u Rwanda rwohereza hanze birimo ibikomoka ku matungo n’ubuhinzi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iki gihugu kandi cyakira zahabu nyinshi u Rwanda rwohereza hanze.

Uyu munsi i Dubai, Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente, ari kumwe na Minisitiri w'Intebe wungirije wa UAE, Saif bin Zayed Al Nahyan, bahagarikiye isinywa ry'amasezerano y’ubufatanye hagati y'u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu. pic.twitter.com/VngRyBWzni

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) February 13, 2023

TAGGED:AbarabuNgirenteRwandaUbuhinzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umutoza Seninga Yahagaritswe Mu Kazi
Next Article Gasabo: RIB Yafunze Abayobozi Ibakekaho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?