Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Liberia Yagize Bwa Mbere Minisitiri W’Ingabo W’Umugore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Liberia Yagize Bwa Mbere Minisitiri W’Ingabo W’Umugore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2024 8:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Liberia, Joseph Boakai amaze amasaha make agennye ko Brigadier General( Rtd) Geraldine Janet George aba Minisitiri w’ingabo. Niwe mugore wa mbere ufashe aya madosiye mu ntoki ze kuva iki gihugu cyaremwa.

Amakuru avuga ko uyu musirikare mukuru yigeze gutorezwa mu kigo cya gisirikare cya Gako mu Bugesera mu Rwanda.

Gen Geraldine yigeze no kuba Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo za Liberia, umwanya yakesheje ubuhanga afite mu bumenyi bw’imiyoborere y’igisirikare nk’uko bigaragazwa na Minisiteri y’ingabo z’iki gihugu.

Minisiteri y’ingabo za Liberia yanditse kuri X iti: “ Brigadier General Geraldine Janet George ni umugore w’umusirikare ufite ubumenyi buhambaye mu miyoborere y’igisirikare.”

Yayoboye Burigade zitandukanye zirimo iya 23 igizwe n’ingabo zirwanira ku butaka, aba umujyanama mu by’amategeko ku cyicaro gikuru cy’igisirikare ndetse aba n’umuyobozi wungirije ushinzwe ibikorwa.

Afite impamyabumenyi y’icyiciro gihanitse cya Kaminuza mu bubanyi n’amahanga n’iy’icyiciro cya kabiri mu butabera.

Hejuru yazo afite impamyabushobozi mu bijyanye n’ubutasi, kurwanya iterabwoba no kuyobora ubutabera.

Yitabiriye amahugurwa y’igisirikare mu mashuri atandukanye muri Liberia, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, i Gako mu Rwanda kandi  yigishijwe amasomo y’imiyoborere na Sierra Leone.

Brig Gen (Rtd) Geraldine asimbuye Prince Charles Johnson III weguye nyuma y’imyigaragambyo abasirikare b’abagore bamagana uko bari bayobowe.

 

TAGGED:featuredIngaboLiberiaMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iwabo Luvumbu Yakiriwe Gitwari
Next Article Uwo Ari Wese Ufite Igitekerezo Cyateza u Rwanda Imbere Yahawe Rugari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?