Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lionel Sentore Yatumiye Perezida Kagame Mu Gitaramo ‘Uwangabiye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Lionel Sentore Yatumiye Perezida Kagame Mu Gitaramo ‘Uwangabiye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 July 2025 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Lionel Sentore mu kiganiro n'abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 25, Nyakanga, 2025.
SHARE

Umuhanzi Lionel Sentore yabwiye itangazamakuru ko yoherereje ubutumire Perezida Paul Kagame ngo azitabire igitaramo ari gutegura yise ‘Uwangabiye’.

Avuga ko ageze kure agitegura, kikazabera  ageze kure imyiteguro y’igitaramo cye ‘Uwangabiye’ giteganyijwe kubera muri Camp Kigali kuri uwa 27, Nyakanga 2025.

Ni igitaramo cyatumiwemo umuryango w’umukuru w’igihugu nk’uko Lionel Sentore yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu 25, Nyakanga, 2025.

Mugenzi we witwa Jules Sentore bazafatanya muri icyo gitaramo yasabye Abanyarwanda bakunda injyana gakondo kuzitabira kiriya gitaramo, akemeza ko kubikora ari bumwe mu buryo bwiza bwo guteza imbere abahanzi b’iwabo.

Akoresheje umugani yagize ati: “Ujya gutera uburezi arabwibanza.  Ntekereza ko abahanzi nyarwanda bakwiriye kuba banini ku isoko mpuzamahanga. Amafaranga ahabwa abahanzi b’i mahanga akwiriye no gusaranganywa ku benegihugu”.

Abandi bahanzi bazafasha Lionel Sentore ni Ruti Joël  n’Itorero Ishyaka ry’Intore.

Itike ya make igura ibihumbi 10 Frw. Ni mu gihe ameza y’abantu umunani yishyurwa Frw 200,000 cyangwa Frw 500,000.

Indirimbo ‘Uwangabiye’ iri mu zakoreshejwe cyane mu gihe cyo kwamamaza uwari umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora yabaye mu mpeshyi ya 2024.

Yari Perezida Paul Kagame.

TAGGED:GakondoInjyanaKagameSentoreUwangabiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukingo Ntiruhagije Mu Kurinda Afurika Ibyorezo-Ubukangurambaga Na Siyansi Ni Ingenzi
Next Article Gasabo-Nyarugenge: Umukwabo Wa Polisi Wo Gufata Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?