Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: M23 Iri Kwakira Abahoze Bakorana Na Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

M23 Iri Kwakira Abahoze Bakorana Na Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2024 3:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ihuriro AFC/M23 rya Corneille Nangaa ryakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya Felix Tshisekedi, UDPS muri Diaspora.

Umuvugizi w’iri huriro mu bya politike witwa Lawrence Kanyuka avuga ko abayobozi bakuru bo mu ishyaka rya UDPS n’abandi baturage ba DRC ariko baba muri Diaspora bakomeje kwifatanya n’abagize ririya huriro.

Ati: “Turi i Rutshuru hamwe n’abayobozi bakuru bari bakomeye muri UDPS  n’abandi Banyekongo bavuye muri Diaspora binjiye muri Alliance Fleuve Congo”.

Abaturage binjiye muri ririya huriro bazananye na Angel Kalonji baje bavuye muri Canada no mu bindi bihugu by’Uburayi.

Hagati aho kandi Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi waraye usabye ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuganira na M23 bakagirana ibiganiro bya politiki bitarimo amacenga, byose bigakorwa hagamijwe ko haboneka amahoro arambye.

Hagati aho kandi Perezida wa Afurika y’Epfo nk’umwe mu bafite ingabo nyinshi  zaSADC baje muri DRC, ari muri Uganda kuganira na mugenzi we Yoweli Museveni ngo nawe agira umuti atanga ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Minsi Yo Kwibuka Hari Abashinze Imisaraba Bashinyagurira Abarokotse
Next Article Min Irere Aributsa Akamaro Ku Burere Bwiyongereye Ku Bumenyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?