Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: M23 Yahaye Gasopo Ingabo Za Tanzania
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

M23 Yahaye Gasopo Ingabo Za Tanzania

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2024 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umutwe wa M23 waburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ko nizikomeza kurasa ku baturage ishinzwe kurinda izazivuna.

Bikubiye mu itangazo ubuyobozi bwayo bwasohoye kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Gashyantare, 2024.

Muri ryo handitsemo ko ingabo za Tanzania ziri kurasa abaturage M23 isanzwe irindira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Haranditse hati: “M23 yubaha Imiryango y’uturere kandi nta kibazo ifitanye na SADC, yewe n’ingabo za Tanzania (TPDF). Ariko TPDF ikomeje gukoresha imbunda ziremereye mu kurasa no kwica abaturage.”

Ibi rero ngo niba bidahagaze, M23 izahitamo nayo gusubiza aho izi ngabo zirasa ziherereye kuko ishinzwe kurinda abatuye aho irinda.

Muri iryo tangazo hakomeza hagira hati: “M23 nta yandi mahitamo izagira keretse gufata no gucecekesha izi mbunda n’abazikoresha mu rwego rwo kurinda abasivili b’inzirakarengane.”

Uyu mutwe kandi wamenyesheje Abanye-Congo n’amahanga ko ingabo za DRC, iz’u Burundi, iza SADC, FDLR, abacancuro n’imitwe ya Wazalendo bari kwibasira abatuye muri Teritwari ya Masisi by’umwihariko muri Mweso na Karuba.

Itangazo rya M23 ryihaniza ingabo za Tanzania

Muri iyi teritwari hakomeje kubera isibaniro kubera imirwano ikaze iri kuhabera, buri ruhande rukita urundi nyirabayazana wayi no kurasa bombe mu bice bitandukanye.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboM23Tanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yatangiye Kwihorera Ku Bishe Abasirikare Bayo
Next Article Rucyahana, Mbonyintege, Makuza…Mu Bagiye Gusezera Kuri Pasiteri Mpyisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?