Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Macron Yijeje Tshisekedi Kumutoreza Abasirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Macron Yijeje Tshisekedi Kumutoreza Abasirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2024 12:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu biganiro Perezida Félix Tshisekedi aherutse kugirana na mugenzi we uyobora Ubufarasansa mu ruzinduko aherutsemo, bemeranyije ko Ubufaransa bugiye gutoza ingabo za DRC.

Si ubukungu gusa basezeranye ko bazakoranamo ahubwo bazakorana no mu bya gisirikare.

Mu kiganiro cyabaye nyuma y’uko Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Macron bamaze kwakira Tshisekedi n’umugore we Denise Nyankeru, aba bayobozi babwiye itangazamakuru ko iyo ari yo mikoranire igiye gutangira hagati ya Kinshasa na Paris.

Ahandi ibihugu byombi bishaka gukorana ni mu kwita ku bidukikije, umuco n’uburezi.

Macron yavuze ko hari imishinga myinshi, igihugu cye kizakorana na RDC, harimo guteza imbere ibikorwa remezo no kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Inga.

Urugomero rwa INGA

Ibyo byose niko bizagendana no gutoza ingabo za DRC mu byo kurwanira mu mashyamba y’inzitane.

TAGGED:DRCfeaturedIgisirikareIngaboRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Y’Imyaka Icyenda Police FC Yisubije Igikombe Cy’Amahoro
Next Article Ruhango: Urukiko Rwanzuye Ko Mwarimu Ukekwaho Gusambanya Abana Aba Afunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?