Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Madederi Wo Muri Papa Sava Yashinze Ikigo Cy’Ubwubatsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Madederi Wo Muri Papa Sava Yashinze Ikigo Cy’Ubwubatsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 July 2022 12:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakinnyi ba filimi bakina neza kandi ukiri muto witwa Clenia Dusenge wamamaye ku izina rya Madederi yashinze ikigo cy’ubucuruzi mu bw’ubwubatsi yise Clen Solutions Group.

Yamenyekanye muri fiimi nyarwanda zitandukanye zirimo iz’uruhererekane bise Indoto n’indi yitwa Papa Sava.

Asanzwe yarize ubukerarugendo.

Yabwiye IGIHE ko igitekerezo cyo gushinga kiriya kigo yakigize ashingiye ku byamubayeho ubwo yari umunyeshuri mu mashuri yisumbuye.

Hari ahantu yajyaga atera ikiraka mu by’ubwubatsi n’ubwo yari akiri umunyeshuri.

Dusenge Clenia wamenyekanye muri filime nyarwanda zitandukanye nka Indoto na Papa Sava akinamo yitwa Madedeli yashinze sosiyete y’ubwubatsi yise ‘Clen Solutions Group’.

Uyu mukobwa wize ibijyanye n’ubukerarugendo yavuze ko yagize igitekerezo cyo gushinga iki kigo agikuye kuri sosiyete y’ubwubatsi yajyaga akoramo ibiraka akiri ku ntebe y’amashuri yisumbuye.

Avuga ko mu mwaka wa 2013 hari ahantu yajyaga atera ibiraka mu kigo cyatangaga serivisi z’ubwubatsi.

Ibiruhuko byakurikiyeho nabyo yakomeje gukorana n’abari bamuhaye icyo kiraka.

Gukorana n’abafundi n’abayede byatumye akunda iby’ubwubatsi n’ubwo atari byo yize.

Yari amaze imyaka runaka atiga, ari gukina filimi nyarwanda.

Icyakora ngo afite agatima ko gusubira mu ishuri kandi akanakora business y’ubwubatsi.

Hari musaza we wiyemeje kuzabimufashamo, bagateza imbere ikigo cyabo cy’ubwubatsi.

Mu kiganiro na IGIHE, Dusenge Clenia yavuze ko gucunga ibikorwa by’iyi sosiyete azajya abifashwamo na musaza we wize ubwubatsi.

Clen solution group ya Dusenge Clenia izubaka kaburimbo, igukora amapave n’ibindi.

TAGGED:featuredFilimiMadederiNyarwandaUbwubatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kizz Daniel Azaza Mu Gitaramo Kizaterwa Inkunga Na MTN Rwanda
Next Article Ku Mubano W’u Rwanda Na DRC, Tshisekedi ati: “Ndifuza Ko Tugaruka Aho Twari Turi Mbere’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?