Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Maj. (Rtd) Habib MUDATHIRU Yakatiwe Igifungo Cy’Imyaka 25
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Maj. (Rtd) Habib MUDATHIRU Yakatiwe Igifungo Cy’Imyaka 25

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 5:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwakatiye Maj, ( Rtd) Habib Mudathiru igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo gusanga ahamwa n’ibyaha birimo kwinjira mu mutwe w’ingabo utemewe, kugambirira kugirira nabi ubutegetsi buriho n’iterabwoba.

Uyu mugabo yari amaze imyaka aburanishwa n’Urukiko rwa gisirikare ari kumwe na bagenzi be baregwanwa kuba bari abayoboke b’ishyaka rya Rwanda National Congress (RNC) rirwanya Leta y’u Rwanda.

Ubwo yavugaga ku gifungo cya burundu yasabiwe n’urukiko mu iburanisha ry’ubushize, Mudathiru yemeye uruhare rwe mu byaha bitatu birimo icyo kuba mu mutwe w’ingabo ugamije kugirira nabi ubutegetsi bw’u Rwanda.

Yanasabye  imbabazi ku ruhare mu byaha yemera ariko agahakana ko nta ruhare yagize mu byaha by’iterabwoba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyo gihe hari abandi bareganwa nawe bavuze ko bashowe mu mitwe irwanya igihugu kitari icyabo batabishaka ndetse basaba ubuhungiro bavuga ko bagirirwa nabi basubiye iwabo. Bamwe muri bo hari Abarundi.

Mudathiru na bagenzi be bafatiwe mu mashyamba ya DRC, bafatwa n’ingabo za kiriya gihugu zibashyikiriza u Rwanda. Abandi bahawe igihano nk’icye ni Pte. Ruhinda Jean Bosco na Pte. Muhire Dieudonné.

TAGGED:DRCfeaturedMudathiruUbutaberaUrikiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigega Cyagenewe Kuzahura Ubukungu Kigiye Kongerwamo Miliyari Zirenga 250 Frw
Next Article Gahunda Nshya Yo Korohereza Inganda Yitezweho Kwinjiza Miliyari 1000 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?