Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Meya Wa Paris Arashaka Gutangiza Gahunda Ya GERAYO AMAHORO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Meya Wa Paris Arashaka Gutangiza Gahunda Ya GERAYO AMAHORO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 September 2021 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Anne Hidalgo usanzwe ayobora Umurwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, yaraye atangaje ko natorerwa kuyobora u Bufaransa mu matora ateganyijwe mu mwaka wa 2022 azashyiraho gahunda ya Gerayo Amahoro, abashoferi bagategekwa kutarenza umvuduko wa kilometero 110 ku isaha.

Hildalgo avuga ko ‘iyo abantu bubahirije akariro gacye na feri bigabanya impanuka, impfu zikagabanuka.’

Anne Hidalgo yaraye abivugiye kuri Radio-Télévision BFM TV na  RMC.

Avuga ko mu mihanda minini ijya muri za Perefegitura( Intara zo mu Rwanda), iri ahantu hisanzuye, umuvuduko ushobora kugera ku bilometero 110 ariko mu mujyi minini nka Paris nturenge ibilometero 30 ku isaha.

Ati: “ Ku bwanjye nsanga umuvuduko ugomba kuba muto muri rusange. Ibilometero 130 ku isaha mu mihanda minini ijya muri Perefegitura ni byinshi, bizagabanuke rwose bigere ku 110 ku isaha. Erega umuvuduko mwinshi uba uvuze impanuka nazo zikavuga urupfu!”

Icyakora Madamu Anne Hildalgo avuga ko natorerwa kuyobora u Bufaransa, kiriya cyemezo kitazafatwa n’Inama y’Abaminisitiri ahubwo kizaganirwaho n’inzego zose kugira ngo kibe icyemezo cyafashwe n’abaturage muri rusange.

Kubuza abatuye Paris kwihuta bizateza sakwe sakwe…

Bizagora Anne Hidalgo kumvisha abatuye Umujyi wa Paris ko batagomba kurenza umuvuduko w’Ibilometero 30 ku isaha.Byonyine 74% by’abaturage b’u Bufaransa bajya ku kazi batwaye cyangwa batwe n’ibinyabiziga bifite moteri.

Aba bangana na miliyoni 18.2.51 % by’abatuye imijyi 40 y’u Bufaransa babwiye ikigo cy’ubushakashatsi kiwa Ifop pour Coroom ko badashyigikiye iby’uko umuvuduko wagabanywa.

Anne Hidalgo si we mugore wa mbere mu Bufaransa ushatse kubuyobora kuko na Ségolène Royal yigeze kubigerageza ariko biranga.

Mu mwaka wa 2007 Royal yageze ku mwanya wa nyuma wo guhanganira kuyobora u Bufaransa ariko atsindwa na Nicolas Sarkozy.

Hari undi mugore ukunze kugerageza kuzazamuka ngo agere ku rwego rwo kwiyamamariza kuyobora u Bufaransa witwa Marie Le Pen ariko ntibimukundira.

Abakurikiranira hafi Politiki y’u Bufaransa bavuga ko kugira ngo Anne Hidalgo atsindire kuyobora u Bufaransa bizamusaba kwamamara mu bindi bice bitari Paris, abahatuye bakamwiyumvamo nk’uko bimeze kuba Parisiens( abaturage ba Paris

TAGGED:featuredGerayo AmahoroHidalgoParis
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ibigomba Kunozwa Hagamijwe Iterambere Ry’Umupolisikazi- Min Bayisenge
Next Article Polisi Igiye Guteza Cyamunara Ibinyabiziga Birenga 180 Byafatiwe Mu Makosa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?