Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Miliyari Frw 4 Niko Gaciro K’Ibyahiriye Mu Gakiriro Ka Gisozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Miliyari Frw 4 Niko Gaciro K’Ibyahiriye Mu Gakiriro Ka Gisozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 11:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibaruragaciro ryakozwe nyuma y’inkongi iherutse kwibasira agakiriro ka Gisozi ryerekanye ko ibyahiye bifite agaciro kagera kuri Miliyari Frw 4. Mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 12, Gashyantare, 2023 nibwo kariya gakiriro kakongotse.

Abacuruzi bari batashye.

Polisi ivuga ko inkongi yadutse saa yine n’iminota 22 z’ijoro, itangirira mu cyumba cy’Ishyirahamwe ryitwa ADARWA, rikaba ishyirahamwe ry’ababaji n’abafundi.

Kugeza ubu ntiharatangazwa impamvu nyayo y’iriya nkongi kuko iperereza rigikomeje, ariko The New Times yanditse ko  ibarura ryasanze ibyangijwe n’umuriro bifite agaciro ka Miliyari Frw 4.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kubera ko atari ubwa mbere agakiriro ka Gisozi gashya kandi hakavugwa ko impamvu ikomeye ibitera ari intsinga zishaje, kuri iyi nshuro nabwo uwakeka ko ari zo zabiteye ntiyaba agiye kure cy’ukuri.

Icyakora iperereza kucyabiteye ryatangiye.

Taliki 17, Kanama, 2021 karahiye, taliki 29, Kamena 2019 nabwo karashya( hibasiwe ahitwa APARWA) ahabikwa imbaho n’ibindi bikoresho by’ububaji.

Polisi y’u Rwanda imaze igihe ikangurira abaturage( mu ngeri zose) uko bakwirinda inkongi harimo no gusimbuza intsinga zishaje kuko zikunze kuba intandaro y’inkongi.

TAGGED:featuredGakiriroGasaboInkongiPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: RIB Yafunze Abayobozi Ibakekaho Ruswa
Next Article BBC Iracyekwaho Kunyereza Imisoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?