Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Miliyari Frw 4 Niko Gaciro K’Ibyahiriye Mu Gakiriro Ka Gisozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Miliyari Frw 4 Niko Gaciro K’Ibyahiriye Mu Gakiriro Ka Gisozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 11:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibaruragaciro ryakozwe nyuma y’inkongi iherutse kwibasira agakiriro ka Gisozi ryerekanye ko ibyahiye bifite agaciro kagera kuri Miliyari Frw 4. Mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 12, Gashyantare, 2023 nibwo kariya gakiriro kakongotse.

Abacuruzi bari batashye.

Polisi ivuga ko inkongi yadutse saa yine n’iminota 22 z’ijoro, itangirira mu cyumba cy’Ishyirahamwe ryitwa ADARWA, rikaba ishyirahamwe ry’ababaji n’abafundi.

Kugeza ubu ntiharatangazwa impamvu nyayo y’iriya nkongi kuko iperereza rigikomeje, ariko The New Times yanditse ko  ibarura ryasanze ibyangijwe n’umuriro bifite agaciro ka Miliyari Frw 4.

Kubera ko atari ubwa mbere agakiriro ka Gisozi gashya kandi hakavugwa ko impamvu ikomeye ibitera ari intsinga zishaje, kuri iyi nshuro nabwo uwakeka ko ari zo zabiteye ntiyaba agiye kure cy’ukuri.

Icyakora iperereza kucyabiteye ryatangiye.

Taliki 17, Kanama, 2021 karahiye, taliki 29, Kamena 2019 nabwo karashya( hibasiwe ahitwa APARWA) ahabikwa imbaho n’ibindi bikoresho by’ububaji.

Polisi y’u Rwanda imaze igihe ikangurira abaturage( mu ngeri zose) uko bakwirinda inkongi harimo no gusimbuza intsinga zishaje kuko zikunze kuba intandaro y’inkongi.

TAGGED:featuredGakiriroGasaboInkongiPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: RIB Yafunze Abayobozi Ibakekaho Ruswa
Next Article BBC Iracyekwaho Kunyereza Imisoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?