Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’ingabo Z’u Rwanda Ari Mu Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Minisitiri W’ingabo Z’u Rwanda Ari Mu Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Albert Murasira usanzwe ari Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda ari mu Burundi mu ruzinduko yoherejwemo na Perezida Paul Kagame ngo amuhere Perezida w’u Burundi ubutumwa.

Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Burundi handitseho ko Minisitiri Murasira ayoboye itsinda ry’abandi bayobozi ariko ntibavuga abo ari bo.

Minisitiri Gen Murasira agiye i Burundi hashize iminsi micye u Rwanda rufunguye umupaka warwo n’u Burundi ariko u Burundi bwo ntabwafungura uwabwo.

#Burundi Le Président de la République SE Evariste #Ndayishimiye vient de recevoir en audience une délégation rwandaise de haut niveau conduite par Gen. Maj. Albert Murasira, Ministre de la Défense du #Rwanda, qui était porteur d’un Message de son Homologue SE @PaulKagame. pic.twitter.com/SmbzohzqVy

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 15, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Amb Albert Shingiro yabwiye Ijwi ry’Amerika ko u Burundi butafungura umupaka kuko u Rwanda rwafunguye uwabwo, ahubwo ngo hari ibiganiro hagati y’ibihugu byombi kugira ngo abantu u Burundi buvuga u Rwanda rucumbikiye kandi bashakishwa i Burundi bahabwe u Burundi cyangwa bajye ahandi.

Hagati aho Perezida Paul Kagame  nawe aherutse kwakira yaki Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco na Siporo mu Burundi, Ezéchiel Nibigira, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Evariste Ndayishimiye.

Perezida Kagame Yakiriye Intumwa Ya Evariste Ndayishimiye

TAGGED:featuredKagameMurasiraNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kainerugaba Ku Gisozi Ati: ‘Uru Rwibutso Ruzatuma Nta Jenoside Yongera’
Next Article AVEGA Iri Gusuzuma Inkondo Y’Umura Na Hepatite Ukoroherezwa Kuvurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?