Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’ingabo Z’u Rwanda Ari Mu Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Minisitiri W’ingabo Z’u Rwanda Ari Mu Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Albert Murasira usanzwe ari Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda ari mu Burundi mu ruzinduko yoherejwemo na Perezida Paul Kagame ngo amuhere Perezida w’u Burundi ubutumwa.

Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Burundi handitseho ko Minisitiri Murasira ayoboye itsinda ry’abandi bayobozi ariko ntibavuga abo ari bo.

Minisitiri Gen Murasira agiye i Burundi hashize iminsi micye u Rwanda rufunguye umupaka warwo n’u Burundi ariko u Burundi bwo ntabwafungura uwabwo.

#Burundi Le Président de la République SE Evariste #Ndayishimiye vient de recevoir en audience une délégation rwandaise de haut niveau conduite par Gen. Maj. Albert Murasira, Ministre de la Défense du #Rwanda, qui était porteur d’un Message de son Homologue SE @PaulKagame. pic.twitter.com/SmbzohzqVy

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 15, 2022

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Amb Albert Shingiro yabwiye Ijwi ry’Amerika ko u Burundi butafungura umupaka kuko u Rwanda rwafunguye uwabwo, ahubwo ngo hari ibiganiro hagati y’ibihugu byombi kugira ngo abantu u Burundi buvuga u Rwanda rucumbikiye kandi bashakishwa i Burundi bahabwe u Burundi cyangwa bajye ahandi.

Hagati aho Perezida Paul Kagame  nawe aherutse kwakira yaki Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco na Siporo mu Burundi, Ezéchiel Nibigira, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Evariste Ndayishimiye.

Perezida Kagame Yakiriye Intumwa Ya Evariste Ndayishimiye

TAGGED:featuredKagameMurasiraNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kainerugaba Ku Gisozi Ati: ‘Uru Rwibutso Ruzatuma Nta Jenoside Yongera’
Next Article AVEGA Iri Gusuzuma Inkondo Y’Umura Na Hepatite Ukoroherezwa Kuvurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?