Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye

Last updated: 30 May 2021 1:32 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yashyingiranywe n’umukunzi we Carrie Symonds, mu muhango witabiriwe n’abantu bake cyane kuri uyu wa Gatandatu.

Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko uriya muhango wabaye mu ibanga, ndetse ko hari hatumiwe abantu 30 nabo babimenyeshejwe mu gihe gito mbere y’ubukwe. Ni wo mubare abitabira ubukwe batagomba kurenga kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 mu Bwongereza.

Ni umuhango wabaye mu buryo bwa Kiliziya Gatolika, basezeranywa na Pariki Daniel Humphreys muri katedarali ya Westminster.

Hari amakuru ko n’abakozi bakuru mu biro bya Minisitiri w’Intebe batamenye iby’ubu bukwe.

Ubwo bwajyaga kuba, abakirisitu basanzwe basabwe kuva muri katedarali.

Johnson w’imyaka 56 arongoye Symonds w’imyaka 33 bamaze igihe bakundana, ndetse muri Mata 2020 bibarutse umwana wabo w’impfura.

Abayobozi batandukanye mu Bwongereza bakomeje kwifuriza Johnson urugo ruhire.

 

TAGGED:Boris JohnsonCarrie SymondsfeaturedUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigo Cyo Muri Amerika Gishaka Kubaka I Kigali Uburyo Budasanzwe Bw’Ingendo
Next Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?