Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye

admin
Last updated: 30 May 2021 1:32 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yashyingiranywe n’umukunzi we Carrie Symonds, mu muhango witabiriwe n’abantu bake cyane kuri uyu wa Gatandatu.

Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko uriya muhango wabaye mu ibanga, ndetse ko hari hatumiwe abantu 30 nabo babimenyeshejwe mu gihe gito mbere y’ubukwe. Ni wo mubare abitabira ubukwe batagomba kurenga kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 mu Bwongereza.

Ni umuhango wabaye mu buryo bwa Kiliziya Gatolika, basezeranywa na Pariki Daniel Humphreys muri katedarali ya Westminster.

Hari amakuru ko n’abakozi bakuru mu biro bya Minisitiri w’Intebe batamenye iby’ubu bukwe.

Ubwo bwajyaga kuba, abakirisitu basanzwe basabwe kuva muri katedarali.

Johnson w’imyaka 56 arongoye Symonds w’imyaka 33 bamaze igihe bakundana, ndetse muri Mata 2020 bibarutse umwana wabo w’impfura.

Abayobozi batandukanye mu Bwongereza bakomeje kwifuriza Johnson urugo ruhire.

 

TAGGED:Boris JohnsonCarrie SymondsfeaturedUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigo Cyo Muri Amerika Gishaka Kubaka I Kigali Uburyo Budasanzwe Bw’Ingendo
Next Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?