Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye

Last updated: 30 May 2021 1:32 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yashyingiranywe n’umukunzi we Carrie Symonds, mu muhango witabiriwe n’abantu bake cyane kuri uyu wa Gatandatu.

Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko uriya muhango wabaye mu ibanga, ndetse ko hari hatumiwe abantu 30 nabo babimenyeshejwe mu gihe gito mbere y’ubukwe. Ni wo mubare abitabira ubukwe batagomba kurenga kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 mu Bwongereza.

Ni umuhango wabaye mu buryo bwa Kiliziya Gatolika, basezeranywa na Pariki Daniel Humphreys muri katedarali ya Westminster.

Hari amakuru ko n’abakozi bakuru mu biro bya Minisitiri w’Intebe batamenye iby’ubu bukwe.

Ubwo bwajyaga kuba, abakirisitu basanzwe basabwe kuva muri katedarali.

Johnson w’imyaka 56 arongoye Symonds w’imyaka 33 bamaze igihe bakundana, ndetse muri Mata 2020 bibarutse umwana wabo w’impfura.

Abayobozi batandukanye mu Bwongereza bakomeje kwifuriza Johnson urugo ruhire.

 

TAGGED:Boris JohnsonCarrie SymondsfeaturedUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigo Cyo Muri Amerika Gishaka Kubaka I Kigali Uburyo Budasanzwe Bw’Ingendo
Next Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?