Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Tanzania Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Tanzania Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2024 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

January Yusuf Makamba ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Tanzania ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yatangiye kuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri.

Akigera mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira abazize Jenoside basaga 250.000 bahashyinguye.

Yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi

Tanzania ni kimwe mu bihugu bicuruzanya n’u Rwanda ndetse kikagira icyambu abacuruzi benshi bifashisha bavana ibicuruzwa i Dar es Salaam babizana i Kigali.

Ku rundi ruhande kandi hamaze iminsi havugwa ko u Rwanda rushaka kujya rukoresha n’icyambu cya Mombasa mu kuzana ibicuruzwa mu Rwanda n’ubwo ari kure.

Iyi ngingo ishobora kuba ari yo yazanye abayobozi ba Tanzania ngo baganire n’ab’u Rwanda kuri iyi ngingo ikomeye mu rwego rw’ubwikorezi n’ubucuruzi cyane cyane ko mubaje baherekeje Minisitiri Makamba harimo na mugenzi we w’ubucuruzi n’uw’inganda.

Hagati aho kandi biteganyijwe ko muri Werurwe, 2024 ari bwo hazatahwa mu buryo bwa burundu uruganda rutunganya amashanyarazi rwa Rusumo Hydropower Plant ruhuriweho n’u Rwanda, Tanzania n’Uburundi.

Iyi ngingo nayo ishobora kuzaba muzo bazaganiraho mu gihe gito itsinda ry’abayobozi muri Tanzania rizamara mu Rwanda.

TAGGED:AmbasaderifeaturedMakambaMinisitiriTanzaniaUbubanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Yakuyeho Nkunganire Ku Giciro Umugenzi Yishyuraga Bisi
Next Article Minisitiri W’Intebe Wa Haïti YEGUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?