Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri Yegujwe Nyuma Yo Kuvuga Ko Nta Basabirizi Baba Mu Gihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri Yegujwe Nyuma Yo Kuvuga Ko Nta Basabirizi Baba Mu Gihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2025 12:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’abakozi muri Cuba witwa Marta Elena Feitó Cabrera yegujwe nyuma kuvugira mu Nteko ko nta bantu basabiriza baba mu gihugu.

Byarakaje benshi ku buryo na Perezida wa Repubulika yamukomojeho, avuga ko Minisitiri adakwiye kwirengagiza ibintu bigaragara mu buzima rusange bw’abaturage.

Abaturage bo muri Cuba baba mu gihugu n’ababa hanze bamwamaganye biza gutuma yegura.

Perezida wa Cuba witwa Miguel Díaz-Canel nawe yashyigikiye ibivugwa n’abaturage.

Ikindi ni uko abaturage bavuze ko ibyo uriya muyobozi yavuze birimo no gushinyagurira abantu kuko muri iki gihe Cuba ifite ubukene buri henshi haba mu Murwa mukuru, La Havane, cyangwa ahandi.

Minisitiri Feitó Cabrera yagize ati: “Nta basabiriza baba inaha ahubwo ni abantu babyigira kugira ngo babone amafaranga batavunitse”.

Igitutu cy’abaturage cyatumye Madamu Feitó Cabrera yegura, igisigaye kikaba kuzareba niba atazakurikiranwa mu nkiko.

TAGGED:AbakeneAbasabiriziCubafeaturedIgihuguMinisitiriPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamagabe: Abayobozi Begujwe Bamwe Barabyanga
Next Article Ingengabitekerezo Ya Jenoside i Rusizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?