Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Miss Muheto Yifatanyije Na Jeannette Kagame Muri Car Free Day
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Miss Muheto Yifatanyije Na Jeannette Kagame Muri Car Free Day

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2022 4:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Miss Divine Nshuti Muheto, Miss Naomie Nishimwe na Miss Jolly Mutesi bari mu bifatanyije na Madamu Jeannette Kagame muri siporo rusange yabaye kuri iyi taliki ya 01, Gicurasi, 2022 ku munsi wo ku Cyumweru.

Perezida Kagame nawe yifatanyije n’abandi Banyarwanda muri iyi Siporo imaze kumenyerwa muri Kigali igamije gufasha abakozi bitorohera kubona umwanya wa Siporo kuyikorana na bagenzi babo kandi bakayikorera mu mihanda izira imyotsi y’ibinyabiziga.

Bariya bakobwa babaye ba nyampinga b’u Rwanda bari baherutse guhura na Madamu Jeannette Kagame abagira inama zirimo iy’uko ari bo ubuzima bwabo bureba, ko nibabufatana uburemere bucye ari bo bizagaruka.

Icyo gihe yababwiye ko batagombye kujya bakora nk’aho ari ab’imiryango yabo gusa, ahubwo bakibuka ko ari ab’igihugu muri rusange, ko ibyo bakora bagomba kuzirikana ko bigera ingaruka no ku Rwanda rwababyaye.

Ati: “ Mufite inshingano itari nto. Ntimukibonemo nk’abantu bagomba kwita ku miryango yabo n’aho batuye gusa. Muri ab’igihugu, tubitezeho byinshi. Nimuvugire iki gihugu cyataje benshi kugira ngo kigere aho kiri.”

Yabasabye guhora ku mbuga nkoranyambaga  bagahora bareba uko isi imeze kandi ntibabure kugira icyo bavuga ku Rwanda n’iterambere ryarwo.

Jeannette Kagame Yasabye Ba Nyampinga Kwibuka Ko Ari Ab’Igihugu

TAGGED:KagameMissMuhetoPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Y’u Rwanda Yagize Icyo Ivuga ‘Ku Kindi Kirego’ Iregwa No Kwa Rusesabagina
Next Article Rubavu: Yareze Se Ko Akwiza Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?