Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mozambique: Ingabo Na Polisi By’u Rwanda Bahaye Abanyeshuri Ibikoresho By’Ishuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mozambique: Ingabo Na Polisi By’u Rwanda Bahaye Abanyeshuri Ibikoresho By’Ishuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2023 4:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha abana gusubira mu mashuri, ingabo na Polisi by’u Rwanda boherejwe muri Mozambique kuhagarura amahoro bahaye abana b’aho amakayi n’amakaramu.

Abana bahawe ibi bikoresho ni abo mu Murwa mukuru wa Cabo Delgado ari wo Mocimboa Da Praia.

Abenshi mu bahoze bahoze batuye muri uyu mujyi basubiye mu byabo ariko bahanganye n’ubukene kubera ko abarwanyi bari barawigaruriye basenye byinshi bishyira abaturage mu bukene.

Inzego z’u Rwanda z’umutekano muri iki gihugu zahaye biriya bikoresho abana bo mu bice bya UNIDADE, TETE, MANIRITHA, NAITOPE na CHIBANGA.

Abana bahawe ibitabo 3,100 n’amakaramu 2,530.

Buri mwana wo mu mashuri abanza yahabwaga amakayi bibiri n’amakaramu abairi n’aho uwo mu mashuri yisumbuye agahabwa amakayi bine n’amakaramu atatu.

Abaramu bo bahabwaga ibitabo n’amakaramu byo kubafasha mu gutegura amasomo agenewe abana.

Salmos BACAR  ushinzwe uburezi mu Mujyi wa  Mocimboa da Praia avuga ko mu ntangiriro ubuyobzo bw’uyu mujyio bwafungiye irindi shuri mkugira ngo abana babone ahandi bigira.

Ibi ngo ni ingenzi mu gihugu cyari kimaze iminsi amashuri yarafunzwe kubera intambara cyane cyane mu Murwa mukuru, Mocimboa da Praia.

Bacar ashima ko ubufatanye bw’abashinzwe umutekano w’u Rwanda n’uwa Mozambique bwatumye abarwanyi bari barabujije amahwemo abahatuye bahakurwa, bagatsindwa uruhenu.

Bahawe ibikoresho byo kubafasha gutyaza ubwenge
TAGGED:AbanaAbarwanyiAmashuriMozambiquePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinjacyaha Buracyakora Iperereza Ku Byo Kazungu Denis Aregwa
Next Article U Rwanda N’Uburayi Mu Kwita Ku Myigire Y’Abana Barwo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?