Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2025 5:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gertrude uri mu ruzinduko muri Mozambique yasuye ahari isoko mu Murwa mukuru Maputo ryubatswe mu mwaka wa 1900.

Abenshi mubarikoreramo ni abagore.

Gertulde Kazarwa kandi yateye igiti mu gace kitiriwe ubwigenge, abikora nk’ikimenyetso cy’ubucuti u Rwanda rufitanye na Mozambique.

Kazarwa ari muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine.

Ubwo yahageraga, kuri uyu wa Mbere, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’iki gihugu, Margarida Adamugi Talapa.

Depite Kazarwa yamubwiye ko uru ruzinduko, rugaragaza ubucuti n’ubufatanye biri hagati y’ibihugu byombi.

Depite Margarida na we yashimye ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi ashinga umwotso k’ubufasha u Rwanda ruha iki gihugu mu guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado.

Ubwo bufasha avuga, bwatangiye mu mwaka wa 2021 ubwo inzego z’umutekano z’u Rwanda zajyaga muri Mozambique mu Ntara ya Cabo Delgado kuhirukana inyeshyamba zari zarahigaruriye guhera mu mwaka wa 2017.

TAGGED:IsokoKazarwaMozambiqueRwandaUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara
Next Article Abazitabira Igitaramo Cya Alexis Dusabe Bazagura Tike Kuri Airtel Money 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?