Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mpayimana Ashaka Ko Amavubi Ahindura Izina 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Mpayimana Ashaka Ko Amavubi Ahindura Izina 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2024 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mpayimana Philipe ushaka ko bamutorera kuyojora u Rwanda yatangaje ko yifuza ko izina ‘Amavubi’ ryitwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka.

Ngo yifuza hashakwa irindi zina rifite uburemere.

Ubwo yiyamamarizaga I Nyamirama muri Kayonza niho yabivugiye kuri iki Cyumweru.

Kandida Perezida Mpayimana Philipe avuga ko bikwiye ko imikino ibera ku rwego rw’akagari yajya igendana no gutanga ishimwe niyo ryaba Frw 5000.

Ati: “Bigaragara nabi.  Wazagira Mbappé cyangwa Ronaldo ryari niba utaragize umwana ukinira mu Kagari? Ubwo rero niyo mpamvu dusaba ko imikino ihabwa ingengo y’imari ku rwego rw’Umurenge”.

Akiri kuri siporo, Mpayimana yanasabaga ko izina ‘Amavubi’ rihabwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka hagashakwa izina rizatuma u Rwanda rugira ikipe ifite izina riremereye.

Kuri we bisa n’aho izina Amavubi riciriritse.

Ati: ” Njye nanasaba ko n’izina ry’Amavubi turihindura, kuko Amavubi banza atanadwinga neza. Tugashaka izina rizatuma n’igihugu cy’u Rwanda kigira ikipe ifite uburemera nk’Intare, nk’inzovu, n’Ingwe, ibintu nk’ibyo”.

Izina ‘Amavubi’, Mpayimana yifuza ko ruhago nta muntu wakubwira impamvu nyakuri u Rwanda rwahisemo kwita Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’.

Aka ni agakoko gato k’inigwa habiri ariko kagira ubukana, akenshi ubwumva iyo kakudwinze.

TAGGED:AmavubifeaturedIkipeMpayimana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Ati: ‘Inka Ni Amajyambere, Ukugabiye Aba Agukunda’
Next Article Imbangukiragutabara Yakoze Impanuka Ihitana Umuntu 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?