Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mpayimana Ashaka Ko Amavubi Ahindura Izina 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Mpayimana Ashaka Ko Amavubi Ahindura Izina 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2024 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mpayimana Philipe ushaka ko bamutorera kuyojora u Rwanda yatangaje ko yifuza ko izina ‘Amavubi’ ryitwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka.

Ngo yifuza hashakwa irindi zina rifite uburemere.

Ubwo yiyamamarizaga I Nyamirama muri Kayonza niho yabivugiye kuri iki Cyumweru.

Kandida Perezida Mpayimana Philipe avuga ko bikwiye ko imikino ibera ku rwego rw’akagari yajya igendana no gutanga ishimwe niyo ryaba Frw 5000.

Ati: “Bigaragara nabi.  Wazagira Mbappé cyangwa Ronaldo ryari niba utaragize umwana ukinira mu Kagari? Ubwo rero niyo mpamvu dusaba ko imikino ihabwa ingengo y’imari ku rwego rw’Umurenge”.

Akiri kuri siporo, Mpayimana yanasabaga ko izina ‘Amavubi’ rihabwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka hagashakwa izina rizatuma u Rwanda rugira ikipe ifite izina riremereye.

Kuri we bisa n’aho izina Amavubi riciriritse.

Ati: ” Njye nanasaba ko n’izina ry’Amavubi turihindura, kuko Amavubi banza atanadwinga neza. Tugashaka izina rizatuma n’igihugu cy’u Rwanda kigira ikipe ifite uburemera nk’Intare, nk’inzovu, n’Ingwe, ibintu nk’ibyo”.

Izina ‘Amavubi’, Mpayimana yifuza ko ruhago nta muntu wakubwira impamvu nyakuri u Rwanda rwahisemo kwita Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’.

Aka ni agakoko gato k’inigwa habiri ariko kagira ubukana, akenshi ubwumva iyo kakudwinze.

TAGGED:AmavubifeaturedIkipeMpayimana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Ati: ‘Inka Ni Amajyambere, Ukugabiye Aba Agukunda’
Next Article Imbangukiragutabara Yakoze Impanuka Ihitana Umuntu 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?