Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2022 11:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaganga bo mu Bushinwa batanze impuruza y’uko muri kiriya gihugu hadutse virusi bise LayV ( Langya Henipavirus) bavuga ho ko yica ¾ by’abantu yafashe. Abantu barenga 30 nibo bamaze kuyandura ariko hari impungenge ko abanduye bashobora kuza kwanduza abandi.

Icyakora abantu bayanduye ntawe irahitana kugeza ubu.

Mu bimenyetso byayo harimo n’ibicurane.

Abahanga bavuga ko isanzwe igaragara mu mbeba bityo ko zishobora kuba ari zo zayanduje abantu.

Kugeza ubu abahanga bari gusuzuma niba abantu badashobora kwanduzanya iriya virusi.

Ibyo bagezeho mu bushakashatsi bwabo kuri iyi virusi babitangaje mu kinyamakuru kitwa New England Journal of Medicine.

Igaragara bwa mbere yagaragaye mu mbeba.

Hari muri Mutarama, 2019.

Bidatinze hagaragaye ubundi bwandu 14 mu Ntara ya Shandong.

Ikindi kimenyetso cyayo ni uguhinda umuriro,  gucika intege, kubihirwa mu kanwa, kubabara imikaya no kugira iseseme.

Uretse imbeba, iriya virusi iboneka no mu ihene.

Ikibabaje ni uko iyi virusi yica cyane. Iyo igeze mu bantu yica ¾ by’abo yazahaje.

Si kimwe na COVID-19 yandura cyane ariko ntiyice benshi nk’uko bimeze kuri iyi virusi yindi.

Kugeza ubu nta rukingo rw’iyi virusi rurakorwa ngo rutangazwe ku mugaragaro, ariko hari ubwoko butatu buri kugeragerezwa ku nyamaswa.

TAGGED:BushinwaVirusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwari Umushinjacyaha Mukuru Yatangaje Ko Hari Ibyo Amerika Yari Izi Ku Migambi Ya Rusesabagina
Next Article Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?