Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2022 11:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaganga bo mu Bushinwa batanze impuruza y’uko muri kiriya gihugu hadutse virusi bise LayV ( Langya Henipavirus) bavuga ho ko yica ¾ by’abantu yafashe. Abantu barenga 30 nibo bamaze kuyandura ariko hari impungenge ko abanduye bashobora kuza kwanduza abandi.

Icyakora abantu bayanduye ntawe irahitana kugeza ubu.

Mu bimenyetso byayo harimo n’ibicurane.

Abahanga bavuga ko isanzwe igaragara mu mbeba bityo ko zishobora kuba ari zo zayanduje abantu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugeza ubu abahanga bari gusuzuma niba abantu badashobora kwanduzanya iriya virusi.

Ibyo bagezeho mu bushakashatsi bwabo kuri iyi virusi babitangaje mu kinyamakuru kitwa New England Journal of Medicine.

Igaragara bwa mbere yagaragaye mu mbeba.

Hari muri Mutarama, 2019.

Bidatinze hagaragaye ubundi bwandu 14 mu Ntara ya Shandong.

- Advertisement -

Ikindi kimenyetso cyayo ni uguhinda umuriro,  gucika intege, kubihirwa mu kanwa, kubabara imikaya no kugira iseseme.

Uretse imbeba, iriya virusi iboneka no mu ihene.

Ikibabaje ni uko iyi virusi yica cyane. Iyo igeze mu bantu yica ¾ by’abo yazahaje.

Si kimwe na COVID-19 yandura cyane ariko ntiyice benshi nk’uko bimeze kuri iyi virusi yindi.

Kugeza ubu nta rukingo rw’iyi virusi rurakorwa ngo rutangazwe ku mugaragaro, ariko hari ubwoko butatu buri kugeragerezwa ku nyamaswa.

TAGGED:BushinwaVirusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwari Umushinjacyaha Mukuru Yatangaje Ko Hari Ibyo Amerika Yari Izi Ku Migambi Ya Rusesabagina
Next Article Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?