Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Ingabo Z’U Rwanda Na Polisi Yarwo Muri Mozambique Bahagaze Bwuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Ingabo Z’U Rwanda Na Polisi Yarwo Muri Mozambique Bahagaze Bwuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 September 2021 7:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique. Yakiriwe na mugenzi we uyobora Mozambique Filipe Nyusi n’abasirikare bakuru b’u Rwanda na ba Mozambique bari mu rugamba rwo guhashya abarwanyi bari bamaze imyaka itatu barigaruriye Cabo Delgado.

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na bariya basirikare bakuru bari kumwe n’abo  bayoboye ababwira ko hari ikindi cyiciro cy’akazi kibategereje cyo kubaka inzego za Cabo Delgado kugira ngo yongere iyoborwe n’abayituye kandi mu buryo butekanye.

Yabwiye abari kururwana ko akazi bamaze gukora ku bufatanye n’Ingabo za Mozambique (FADM) gahambaye, kuko katumye abaturage batangira gusubira mu byabo.

Yagize ati “Hari akazi twakoze ko kubohora ibi bice karangiyeneza,  akazi gatahiwe ubu ni ukurinda ibi bice kugira ngo noneho byongere kubakwa bundi bushya.”

Ibi byose ngo bigomba gutuma abaturage basubira mu byabo kandi kubaka Cabo Delgado bikazakorwa mu bufatanye busesuye na Guverinoma ya Mozambique.

Abasirikare bakuru b’u Rwanda bakiriye Perezida Kagame muri Mozambique bari bayobowe na Lieutnant General Mubarakh Muganga akaba ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Major General Innocent Kabandana uyoboye ingabo zose ziri muri Mozambique, Commissioner of Police ( CP) Denis Basabose n’abandi.

Amafoto yafashwe m’umunyamakuru wa TAARIFA.RW uri muri Mozambique:

Ingabo z’u Rwanda zihagaze ku murongo ziteguye kumva impanuro z’Umugaba w’Ikirenga wazo
Perezida Paul Kagame yari yambaye impuzankano y’ingabo zimurinda
Umusirikare ukora mu rwego rw’itangazamakuru rwa RDF
Ikinyabupfura kibaranga aho bari hose
Umutwe udasanzwe w’ingabo za Mozambique
Polisi y’u Rwanda nayo ihagaze bwuma muri Mozambique
Abakuru b’ibihugu byombi baganira
Polisi y’u Rwanda n’ingabo zarwo bari baje kwakira Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda
Ingabo za Mozambique nazo zari zambariye kwakira umushyitsi w’Imena
Lt Gen Mubarakh Muganga( ubanza ibumoso), CP Denis Basabose( hagati) Major Gen Innoncent Kabandana (i buryo)
Perezida Kagame yashyimye abo yohereje gukorera akazi muri Mozambique uko bagakoze ariko abibutsa ko katararangira

 Photos

TAGGED:featuredIngaboKagameMozambiqueNyusiPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Y’U Rwanda Irashaka Ubufatanye Na Kaminuza Nyafurika Y’Imiyoborere
Next Article i Phone 13 Yasohotse, Abakunda Ikoranabuhanga Baraye Ijoro Bayitegereje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?