Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2024 9:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali.

Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga  mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe zirataha mu gihugu cyabo.

Muri izo mpunzi kandi harimo abari basanzwe ababa ahandi hatari mu nkambi aho hakabamo mu Karere ka Bugesera no mu Mujyi wa Kigali.

Mu Mujyi wa Kigali haraturuka abantu abantu icyenda n’aho mu Bugesera haturuke abantu 11.

Uretse abo;  hari abandi batabarizwaga mu nkambi bari mu bice bitandukanye, aho i Kigali haturuka icyenda mu Bugesera hakaba hari abandi 11.

Kubera ko izi mpunzi ziri bwambuke mu Burundi ziciye mu Karere ka Bugesera ku mupaka wa Nemba kandi ziraba ziturutse mu Ntara y’Uburasirazuba biraba ngombwa ko zica mu Mujyi wa Kigali.

Izi mpunzi zirataha ku bufatanye bwa UNHCR ishami ry’u Rwanda ku bwumvikane n’ishami ry’Uburundi.

U Rwanda ruvuga ko n’ubwo imipaka y’Uburundi ifunze, bitari bubuze ko abaturage babwo batahuka kuko ari ibisanzwe.

Ihame ku isi ni uko impunzi zifite uburenganzira bwo gutaha iwabo igihe cyose zibishakiye.

Inkambi ya Mahama irimo impunzi 40,000, ikaba ituwe n’Abarundi ndetse n’abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

TAGGED:AbarundiBurundiImpunziKigaliMahama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Igiye Kwegurira Abikorera Zimwe Mu Nganda Zayo
Next Article KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?