Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2024 9:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali.

Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga  mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe zirataha mu gihugu cyabo.

Muri izo mpunzi kandi harimo abari basanzwe ababa ahandi hatari mu nkambi aho hakabamo mu Karere ka Bugesera no mu Mujyi wa Kigali.

Mu Mujyi wa Kigali haraturuka abantu abantu icyenda n’aho mu Bugesera haturuke abantu 11.

Uretse abo;  hari abandi batabarizwaga mu nkambi bari mu bice bitandukanye, aho i Kigali haturuka icyenda mu Bugesera hakaba hari abandi 11.

Kubera ko izi mpunzi ziri bwambuke mu Burundi ziciye mu Karere ka Bugesera ku mupaka wa Nemba kandi ziraba ziturutse mu Ntara y’Uburasirazuba biraba ngombwa ko zica mu Mujyi wa Kigali.

Izi mpunzi zirataha ku bufatanye bwa UNHCR ishami ry’u Rwanda ku bwumvikane n’ishami ry’Uburundi.

U Rwanda ruvuga ko n’ubwo imipaka y’Uburundi ifunze, bitari bubuze ko abaturage babwo batahuka kuko ari ibisanzwe.

Ihame ku isi ni uko impunzi zifite uburenganzira bwo gutaha iwabo igihe cyose zibishakiye.

Inkambi ya Mahama irimo impunzi 40,000, ikaba ituwe n’Abarundi ndetse n’abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

TAGGED:AbarundiBurundiImpunziKigaliMahama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Igiye Kwegurira Abikorera Zimwe Mu Nganda Zayo
Next Article KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?