Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mugabe Ntakiri Umukinnyi Wa Patriots BBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Mugabe Ntakiri Umukinnyi Wa Patriots BBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aristide Mugabe wari umaze imyaka irindwi akinira iyi kipe iri mu muzikomeye muri Basketaball y’u Rwanda yayisezeyeho. Yashimiye abamubaye hafi mu myaka amaze akinira iyi kipe.

Iby’uko yayivuyemo yabitangarije ku rukuta rwe rwa X.

Ni umwe mu bakinnyi b’abahanga  ba Basketaball u Rwanda rwagize.

Kuri X yanditse ati:  “Mbega urugendo! Ibikombe bitanu bya Shampiyona mu myaka irindwi idasanzwe ndi kumwe na Patriots. Byari byiza n’abavandimwe, abatoza, ubuyobozi n’abafana bacu. Byari iby’agaciro kuba muri uyu muryango mwiza nka Patriots.”

Yaboneyeho no gutangaza ko agiye mu yindi kipe yita Kepler BBC akayibera umukinnyi n’umutoza wungirije.

Azungiriza umutoza w’Umunya-Uganda, Mandy Juruni watwaye ibikombe bine bya Shampiyona ya Uganda ari kumwe na City Oilers.

Mugabe yakiniye Ikipe y’Igihugu imyaka 11, imyinshi muri yo ayimara ari Kapiteni.

Mu mwaka wa 2007 ni bwo yatangiye gukina mu cyiciro cya mbere ubwo yari muri Rusizi BBC yamazemo imyaka ibiri, mbere yo kwerekeza muri Espoir BBC.

Mu mwaka wa 2015 yakomereje muri Patriots BBC aho yubakiye izina rikomeye.

Muri rusange, Mugabe yegukanye Ibikombe bya Shampiyona umunani aba umukinnyi mwiza muri Shampiyona inshuro ebyiri (2012 na 2013).

Mugabe yahembwe kenshi ashimirwa imikinire ye iboneye
TAGGED:BasketballfeaturedMugabePatriotsShampiyonaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KNC Yivuguruje Ku Cyemezo Cyo Gusesa Gasogi United
Next Article 9% Bya Postes de Santé Ntizikora Neza- Min Nsanzimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?