Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: 19% By’Abana Baragwingiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Muhanga: 19% By’Abana Baragwingiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2024 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare ivuga ko mu mwaka wa 2021-2022  Akarere ka Muhanga kari gafite 31% by’abana bagwingiye. Indi yakozwe nyuma ni ukuvuga mu mwaka wa 2022-2023  uyu mubare waragabanutse uba abana bangana na 19%.

Imwe mu ngamba i Muhanga bavuga ko bakoresheje ngo bagabanye iki kibazo ni uguha abana amata, buri wese mu bagera ku 11, 000 babonetsweho igwingira agahabwa litiro imwe mu Cyumweru ikunganirwa na Ongera ndetse n’ibindi biribwa bifasha umubiri kwiyubaka.

Kayitare Jacquéline uyobora Muhanga avuga ko guha amata abana bari mu ngo mbonezamikurire  midugudu y’aka Karere ari gahunda Leta, bo icyo bakora kikaba kuyishyira mu bikorwa bashingiye ku mibare bafite n’igenabikorwa ry’Akarere kabo.

Kayitare Jacquéline uyobora Muhanga(Ifoto@UMUSEKE.RW)

Aha twabwira abasomyi ba Taarifa ko ubusanzwe Akarere ( ukuyemo utw’Umujyi wa Kigali) ari urwego rwigenga.

Meya Kayitare avuga ko bafite ingo mbonezamikurire 754 harimo izifashwa na Leta n’abafatanyabikorwa bayo.

Abana 11,000 nibo bahabwa buriya bufasha kugira ngo bazahuke, ubuzima bwabo bube bwiza binyuze mu kuvugurura imirire n’iminywere yabo, igakungahara ku byubaka umubiri, ibiwurinda indwara n’ibiwukomeza.

Amata ni ingirakamaro ku mwana no ku bantu bakuru

Mu kubikora, Meya Kayitare avuga ko guha abana amata byunganirwa n’izindi gahunda za Leta zo kubavana mu igwingira.

Yabwiye UMUSEKE ko umusaruro watangiye kuboneka kubera ko uyu muhati w’Akarere ka Muhanga watumye imibare y’abana bari batangiye kugaragaza ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi ugabanuka ku buryo bufatika.

Asaba ababyeyi gukomereza aho bagejeje mu kwitabira izi gahunda kuko badohotse zitatanga umusaruro zitezweho.

Hari litiro nyinshi z’amata azahabwa abana(Ifoto@UMUSEKE.RW)
TAGGED:AbanafeaturedIgwingiraKayitareMuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibishanga By’i Kigali Bigiye Guhindurwa Ahantu Nyaburanga
Next Article Kigali: Abanyarwanda N’Abarundi Bahuje Urugwiro Baririmba Ibyiza By’Iwabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?