Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: 19% By’Abana Baragwingiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Muhanga: 19% By’Abana Baragwingiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2024 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare ivuga ko mu mwaka wa 2021-2022  Akarere ka Muhanga kari gafite 31% by’abana bagwingiye. Indi yakozwe nyuma ni ukuvuga mu mwaka wa 2022-2023  uyu mubare waragabanutse uba abana bangana na 19%.

Imwe mu ngamba i Muhanga bavuga ko bakoresheje ngo bagabanye iki kibazo ni uguha abana amata, buri wese mu bagera ku 11, 000 babonetsweho igwingira agahabwa litiro imwe mu Cyumweru ikunganirwa na Ongera ndetse n’ibindi biribwa bifasha umubiri kwiyubaka.

Kayitare Jacquéline uyobora Muhanga avuga ko guha amata abana bari mu ngo mbonezamikurire  midugudu y’aka Karere ari gahunda Leta, bo icyo bakora kikaba kuyishyira mu bikorwa bashingiye ku mibare bafite n’igenabikorwa ry’Akarere kabo.

Kayitare Jacquéline uyobora Muhanga([email protected])

Aha twabwira abasomyi ba Taarifa ko ubusanzwe Akarere ( ukuyemo utw’Umujyi wa Kigali) ari urwego rwigenga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Meya Kayitare avuga ko bafite ingo mbonezamikurire 754 harimo izifashwa na Leta n’abafatanyabikorwa bayo.

Abana 11,000 nibo bahabwa buriya bufasha kugira ngo bazahuke, ubuzima bwabo bube bwiza binyuze mu kuvugurura imirire n’iminywere yabo, igakungahara ku byubaka umubiri, ibiwurinda indwara n’ibiwukomeza.

Amata ni ingirakamaro ku mwana no ku bantu bakuru

Mu kubikora, Meya Kayitare avuga ko guha abana amata byunganirwa n’izindi gahunda za Leta zo kubavana mu igwingira.

Yabwiye UMUSEKE ko umusaruro watangiye kuboneka kubera ko uyu muhati w’Akarere ka Muhanga watumye imibare y’abana bari batangiye kugaragaza ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi ugabanuka ku buryo bufatika.

Asaba ababyeyi gukomereza aho bagejeje mu kwitabira izi gahunda kuko badohotse zitatanga umusaruro zitezweho.

- Advertisement -
Hari litiro nyinshi z’amata azahabwa abana([email protected])
TAGGED:AbanafeaturedIgwingiraKayitareMuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibishanga By’i Kigali Bigiye Guhindurwa Ahantu Nyaburanga
Next Article Kigali: Abanyarwanda N’Abarundi Bahuje Urugwiro Baririmba Ibyiza By’Iwabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?