Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 2:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwamo ari bazima.

Bageze imusozi bavuga ko bashonje kandi bananiwe.

Kayiranga avuga ko bafashe ikemezo cyo kubajyana kwa muganga ngo basuzumwe,barebwe niba nta bindi bibazo bafite mu mubiri.

Bajyanwe ku Kigo Nderabuzima cya Mushishiro bavuye mu Murenge wa Kabacuzi aho bahuriye na kiriya cyago.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Ukuboza, 2020 nibwo Vedaste Nsabimana na Riberakurora Simoni bagwiriwe n’ikirombe kiri mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga.

Bombi bakorera ikigo gicukura amabuye y’agaciro cyitwa Etablissement Karinda.

Bavuye mu nda y’isi babwira bavuga ko uretse inzego z’umutekano zahageze mbere, abandi baturage baje nyuma.

Ivomo: Umuseke.rw

TAGGED:AmabuyefeaturedKabacuziMuhangaRugengabari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika ikeneye miliyari $9 zo gukoresha mu guha abaturage urukingo rwa COVID-19
Next Article Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?