Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 2:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwamo ari bazima.

Bageze imusozi bavuga ko bashonje kandi bananiwe.

Kayiranga avuga ko bafashe ikemezo cyo kubajyana kwa muganga ngo basuzumwe,barebwe niba nta bindi bibazo bafite mu mubiri.

Bajyanwe ku Kigo Nderabuzima cya Mushishiro bavuye mu Murenge wa Kabacuzi aho bahuriye na kiriya cyago.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Ukuboza, 2020 nibwo Vedaste Nsabimana na Riberakurora Simoni bagwiriwe n’ikirombe kiri mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga.

Bombi bakorera ikigo gicukura amabuye y’agaciro cyitwa Etablissement Karinda.

Bavuye mu nda y’isi babwira bavuga ko uretse inzego z’umutekano zahageze mbere, abandi baturage baje nyuma.

Ivomo: Umuseke.rw

TAGGED:AmabuyefeaturedKabacuziMuhangaRugengabari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika ikeneye miliyari $9 zo gukoresha mu guha abaturage urukingo rwa COVID-19
Next Article Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?