Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 2:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwamo ari bazima.

Bageze imusozi bavuga ko bashonje kandi bananiwe.

Kayiranga avuga ko bafashe ikemezo cyo kubajyana kwa muganga ngo basuzumwe,barebwe niba nta bindi bibazo bafite mu mubiri.

Bajyanwe ku Kigo Nderabuzima cya Mushishiro bavuye mu Murenge wa Kabacuzi aho bahuriye na kiriya cyago.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Ukuboza, 2020 nibwo Vedaste Nsabimana na Riberakurora Simoni bagwiriwe n’ikirombe kiri mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga.

Bombi bakorera ikigo gicukura amabuye y’agaciro cyitwa Etablissement Karinda.

Bavuye mu nda y’isi babwira bavuga ko uretse inzego z’umutekano zahageze mbere, abandi baturage baje nyuma.

Ivomo: Umuseke.rw

TAGGED:AmabuyefeaturedKabacuziMuhangaRugengabari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika ikeneye miliyari $9 zo gukoresha mu guha abaturage urukingo rwa COVID-19
Next Article Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?