Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Abaturage Babukereye Ngo Birebere Igare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Muhanga: Abaturage Babukereye Ngo Birebere Igare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 10:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye mu Mujyi wa Muhanga no mu nkengero zaho bazindukiye muri uyu Mujyi ngo barebe uko abasiganwa ku magare bahaguruka berekeza i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru.

I Nyaruguru kandi nabo bregerezanyije amatsiko kureba uko abo bahungu bahasesekara.

Ni ubwa mbere amagare agannye i Kibeho ahantu hagizwe ‘Hatagatifu’ kubera amabonekerwa yahabereye mu mwaka wa 1981.

Urugendo bari busiganwe kuri uyu wa Mbere rureshya na kilometero 129.4.

Uko urugendo rwabo ruteye

Abanyarwanda biritabiriye Tour du Rwanda ku nshuro ya 16 bavuga ko bizeye ko bazitwara neza n’ubwo bahanganye n’abandi bakinnye amarushanwa akomeye nka Tour du Rwanda.

Kugeza ubu Umubiligi witwa Jonathan Vervenne niwe ufite umwenda w’umuhondo. Asanzwe akinira ikipe y’Ababiligi yitwa  Soudal Quick-Step Devo.

Jonathan Vervenne
TAGGED:AmagarefeaturedKibehoMuhangaUmubiligiUmuhondoUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trump Yatangiye Gucuruza Inkweto
Next Article Goma: Ingabo Za DRC Zasubiranyemo Na Wazalendo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?