Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Umugabo Wishe Umugore We ‘Bunyamaswa’, Yarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Umugabo Wishe Umugore We ‘Bunyamaswa’, Yarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2022 4:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo warashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo gushaka kuzirwanya akoresheje umuhoro. Yari amaze igihe gito afashwe ashinjwa kwica umugore we amukase ijosi.

Uyu mugabo yitwaga Niyitamba Gilbert.

Afite imyaka 34 y’amavuko akaba yari asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Kavumu, Umurenge wa Kabacuzi.

Umugore we yitwaga Charlotte Mukamwiza akaba yari afite imyaka 33.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ayo mahano yabaye mu ijoro ryo ku wa 30 Nzeri, 2022 riishyira ku ya 01 Ukwakira, uyu mwaka.

Bamwe mu baturanyi ba nyakwigendera babwiye bagenzi bacu bo k’UMUSEKE  umugore yashinjaga umugabo we kumuca inyuma buri gihe.

Bakavuga ko ijoro amwicamo, amakuru yari yacicikanye mu Mudugudu ko  uwo mugabo yafatiwe mu rugo rw’umugabo mugenzi we.

Icyo gihe yarakubiswe biratinda.

Ngo ubwo umugore we witwa Mukamwiza yamubaza ibyo yumvise bamuvugaho, undi yararakaye amukubita icupa  mu mutwe yitura hasi.

- Advertisement -

Abaturanyi bavuga ko uwo mugabo  yahise afata ibice by’iryo cupa abimukatisha ijosi kugeza avuyemo umwuka.

Abaturage ngo bumvise umuntu ataka barahurura basanga uwo mugabo yifungiranye mu nzu ari kumwe n’uwo murambo.

Mu kanya gato  abaturage bavuga ko bagiye kumva bumva isasu riravuze, bahageze basanze umuhogo wa nyakwigendera Mukamwiza umwobo munini bagakeka ko yabanje gukuramo umutima w’umugore we.

Abaturage bavuga ko nta mezi atatu ashira batumvise inkuru mbi y’umugabo cyangwa umugore wishe uwo bashakanye.

Bagasaba inzego z’ibanze ko zajya zihutira gukemura amakimbirane yo mu ngo kuko iyo adakemuwe ariyo aba intandaro y’imfu za hato na hato.

TAGGED:featuredMuhangaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burkina Faso: Lt Col Damiba Uherutse Guhirikwa Ku Butegetsi Yahungiye Muri Togo
Next Article Abanyarwanda Ntibagomba Guheranwa N’Ibikomere By’Amateka- Min Gasana Ushinzwe Umutekano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?