Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Centrafrique Hatangiye Inama Y’Umushyikirano Igamije Ubwiyunge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Centrafrique Hatangiye Inama Y’Umushyikirano Igamije Ubwiyunge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2022 4:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere taliki 21, Werurwe, 2022 muri Repubulika ya Centrafrique hatangiye ibiganiro bigamije guhuza uruhande rwa Leta n’abatavuga rumwe nayo mu rwego rwo gushyiraho inkingi zakubakirwaho amahoro arambye. Icyakora abatavuga rumwe na Leta ntibitabiriye.

Bavuga ko badashobora kwitabira Inama nk’iriya kandi ibyo basabye ko byashyirwa ku rutonde rw’ibyigwa bitarashyizweho.

Kuri iki Cyumweru taliki 20, Werurwe, 2022 nibwo abatavuga rumwe na Leta batangaje ko batazitabira iriya Nama y’Umushyikirano kuko abayiteguye birengagije ibyo babasabye.

Inama y’Umushyikirano igamije ubwiyunge muri Repubulika ya Centrafrique yateraniye mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko ya kiriya gihugu.

Yitabiriwe n’abantu bagera ku ijana barimo n’abahoze bayobora kiriya gihugu barimo Michel Djotodia na Cathérine Samba-Panza n’undi muyobozi w’ingabo wahoze mu nyeshyamba witwa Abdoulaye Hissène.

Uwayoboye Inama yateguye iriya Nama usanzwe ari na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu witwa Obed Namsio yavuze ko kuba abo mu ruhande rutavuga rumwe na Leta batitabiriye iriya nama bibabaje.

Perezida Touadéra we avuga ko n’ubwo abatavuga rumwe na Leta batitabiriye iriya nama, ariko kuba yateranye ubwabyo ari intambwe nziza, izoyengeraho izindi.

Iriya nama izamara iminsi itatu.

Abitabiriye iriya  nama babwiye RFI ko hari icyizere ko hari imyanzuro ifatika kandi yubaka bazageraho mu gihe cy’iminsi itatu bagiye kumara baganira.

TAGGED:CentrafriquefeaturedInamaRwandaUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi W’u Bushinwa Mu Rwanda Ucyuye Igihe Yasezeye Perezida Kagame
Next Article Byatangajwe Ko u Burusiya Bumaze Gupfusha Abasirikare Hafi 10,000 Muri Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?