Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Darfur Hiciwe Abantu 151
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Darfur Hiciwe Abantu 151

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 October 2022 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imidugararo iherutse kubera hafi y’uruzi rwa Nili, yaguyemo abantu 151 abandi 86 barakomereka. Iyi midugararo yabereye mu Ntara ya Darfur ahitwa Kordofan.

Nibo bantu benshi bongeye kwicwa nyuma y’agahenge kari kahamaze igihe.

Aka gahenge katangiye mu mwaka wa 2020 ubwo hasinywaga amasezerano hagati y’abarwanyi b’aho ndetse n’ubutegetsi bw’Intara ya Darfur.

Abakurikiranira hafi ibyo muri kariya gace bavuga ko iyi midugararo yongeye kwaduka kubera ko hari ibibazo bigendanye n’ubutaka bitakemuwe.

Ikindi kivugwa ko cyaba cyateye iriya midugararo ni uko abarwanyi basigaranye imbunda kandi bakaba bataremererwa kubona ubwenegihugu bweruye.

Ahandi havugwa ubwicanyi muri Sudani ni mu Ntara bita Blue Nile.

Haherutse kugwa abantu 149 abandi 65,000 barahunga.

Iyi ni imibare itangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Ubu bwicanyi buri gukorwa hagati y’abo mu bwoko bw’aba Hausa n’abo mu bwoko bw’aba Hamaj.

 

TAGGED:AbarwanyiDarfurfeaturedUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwagabanyije Imfu Z’Impinja Ariko Haracyari Urugendo
Next Article Biro Politiki Ya FPR-Inkotanyi Yateranye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?