Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Kigali Henshi Ibikoresho Byo Gupima COVID Byabuze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muri Kigali Henshi Ibikoresho Byo Gupima COVID Byabuze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2021 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari.

Hari umuturage umwe wahuye n’umwe mu banyamakuru ba Taarifa amubwira ko kwa Nyirinkwaya ari ho yasanze ibikoresho bipima ariko ngo byari bike.

Undi muturage wagiye kwisuzumisha iki cyorezo muri centre de sante ya Mwendo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge nawe yatubwiye ko yagiye kwisuzumisha asanga hari ibikoresho bipima bike.

Ati: “Nahageze bambwira ko ibikoresho ari bike ndetse bambwiye ko basigaranye iby’abantu batarenze 15.”

Uyu mugabo watubujije kumuvuga amazina yatubwiye ko bamubwiye ko impamvu ibitera ari uko abantu bipimisha ngo barebe uko bameze ari benshi k’uburyo ibikoresho byo gupima ari bike muri rusange.

Imibare y’abanduye kiriya cyorezo mu Rwanda imaze iminsi yiyongera k’uburyo muri Kamena 2021 ari bwo hagaragaye abarwayi n’abo cyahitanye benshi kurusha ikindi gihe cyose kimeze kigeze mu Rwanda.

Umujyi wa Kigali niwo wa mbere ugaragaramo ubwandu bwinshi hagakurikiraho Akarere ka Musanze.

Taarifa yahamagaye umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima Dr Sabin Nsanzimana ngo agire icyo abivugaho ntiyashobora kwitaba telefoni ye igendanwa.

Icyo badutangariza turakigeza ku basomyi bacu.
Ibikoresho byo gupima bitumizwa na Leta y’u Rwanda ibindi bitangwa n’inshuti zarwo.

Hagati aho hari amakuru dufite avuga ko hari ibikoresho bipima COVID -19 u Rwanda rwatumije biri mu nzira biza.

TAGGED:COVID-19featuredIbikoreshoIbipimoKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ifite Perezida Mushya: Isaac Herzog
Next Article Abana 2 B’I Gasabo Batarengeje Imyaka 15 Bavugwaho Gucuruzwa n’Umugabo Wari Ubacumbikiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?