Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Namibia Havumbuwe Petelori
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Namibia Havumbuwe Petelori

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 April 2024 12:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanga bo mu kigo cyo muri Portugal kitwa Portuguese Oil Company Galp Energia bavuga ko bavumbuye  petrol mu nkengero za Namibia.

Namibia iri mu Majyepfo y’Afurika, abahanga bakavuga ko petelori bahavumbuye ibarirwa mu tugunguru tugera kuri miliyari 10.

Abo bahanga bavuga ko ubwo bukungu bwavumbuwe ahitwa Mopane, kandi ko ubushakashatsi bwabo bwabafashe igihe kirekire bakusanya amakuru.

Itangazo rya kiriya kigo ryasohotse ku Cyumweru rigira riti: “Mu gace ka Mopane honyine, nta bundi bushakashatsi bukozwe cyangwa kongera kugenzura amariba, petrol ihari igera ku tugunguru miliyari 10, cyangwa no hejuru yatwo.”

Hashize igihe bivugwa ko mu kibaya kitwa Orange Basin muri Namibia ari naho Mopane iherereye hashobora kuba hari kiriya kintu cy’agaciro.

Ibi bishobora gutuma Namibia yinjira mu ruhando rw’ibindi bicukurwamo bikanacuruza petrol ku isi, ndetse ngo iki gihugu cyasabye ko cyakwinjira muri OPEC, uyu ukaba ari umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bicukura bikanacuruza petelori.

Iyo petelori izatangira gucukurwa mu mwaka wa 2030.

TAGGED:featuredNamibiaPetelori
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ababiligi Bashubije Gicanda Mu Rwanda Igitaraganya Jenoside Iramuhitana
Next Article Ushinzwe Ubutasi Bwa Gisirikare Mu Ngabo Za Israel Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?