Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Impunzi Y’Umurundi Yapfuye Mu Buryo ‘Bw’Amayobera’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Impunzi Y’Umurundi Yapfuye Mu Buryo ‘Bw’Amayobera’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2023 7:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Ninganza Dieudonné bivugwa ko yari impunzi y’Umurundi y’i Mahama, yapfiriye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Bivugwa ko yari yasinze aza gushyamirana n’uwitwa Ishimwe, bararwana undi akubita umutwe muri kaburimbo biza kumuviramo urupfu.

Uru rugomo rwabereye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze

Ninganza akomoka muri Province ya Makamba mu Burundi ahitwa Mubondo, aha ni mu Majyepfo y’u Burundi.

 Amakuru Taarifa yakuye ahizewe, avuga ko uriya Murundi yari asanzwe ari umwarimu mu kigo kitwa Kingdom Nursery and Primary School ariko akaba yari ahamaze igihe gito.

Uwaduhaye amakuru yabisobanuye atya: “…Yari atashye avuye mu kabari ari kumwe na mugenzi we bageze mu muhanda bahura n’uwitwa Ishimwe nawe wari wasinze. Bateye amahane bararwana…”

Muri uko kurwana, Umurundi Ninganza yagushije umutwe muri kaburimbo, bikaba bikekwa ko ari byo byamukururiye urupfu.

Abarwanaga babonye abapolisi bari bari mu kazi ko gucunga umutekano, bariruka ariko uwo Ninganza Dieudonnée asigara aryamye.

Polisi niyo yamujyanye kwa muganga ku bitaro bya Ruhengeri, aza kugwa yo.

Umugore n’abana be baba mu nkambi y’impunzi z’Abarundi iba mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe.

Ishimwe uvugwaho urugomo rwaviriyemo iriya mpunzi urupfu, yaracitse ubu ari gushakishwa n’ubugenzacyaha n’inzego zikorana nabwo.

Yabaga mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe( Ifoto@BBC/Gahuza)
TAGGED:featuredInkambiMahamaMuhozaMusanzePolisiUmurundi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barasabwa Kugura Kizimyamwoto-Polisi
Next Article Kigali: Abize Ubukerarugendo N’Amahoteli Barategurirwa Kuba Indashyikirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?