Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Kagame Yageze Aho Agiye Kwiyamamariza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Musanze: Kagame Yageze Aho Agiye Kwiyamamariza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2024 12:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamuryango FPR-Inkotanyi uko bangana bose bamaze kwakira Paul Kagame wamaze kugera i Busogo aho agiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri Manda y’imyaka itanu iri imbere.

Aba mbere mu baje kumwamamaza bahageze mu masaha y’urukerera kuri uyu wa Gatandatu.

Barimo abaturutse  muri Musanze, Burera, Nyabihu, Gakenke n’abandi baturutse mu Mujyi wa Kigali.

Mu kiganiro Kagame aherutse guha RBA yavuze ko natorwa azakora uko ashoboye kugira ngo ibyo yari yarijeje Abanyarwanda Manda ikarangira atabibagezaho azabibagezaho ubwo bazaba bongeye kumutora.

Natorwa azaba agiye kuyobora manda y’imyaka itanu kuko mbere yari imyaka irindwi ariko biza guhinduka kubera ko Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ryavuze ko Manda ya Perezida wa Repubulika igomba kuba ireshya n’iy’Abadepite, zombi zikagira imyaka itanu.

TAGGED:AmatoraBusogofeaturedKagameMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kirehe: Uko Aho Mpayimana Ari Bwiyamamarize Byifashe
Next Article FPR Ni Ubudasa Mu Buryo Bwibigomba Guhinduka- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?