Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Aratabariza Haïti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Mushikiwabo Aratabariza Haïti

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2024 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo asaba amahanga guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kirekire muri Haïti kuko cyatumye igihugu kizahara mu bukungu.

Mushikiwabo avuga ko imitwe y’inyeshyamba imaze iminsi muri iki gihugu kiri munsi ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yatumye  kibaho nabi k’uburyo hari abantu babarirwa mu bihumbi  amagana batagira icyo barya, abandi bakaba bugarijwe n’ubwicanyi bukorwa n’abanyabyaha bagwiriye muri iki gihugu.

Muri iki gihugu kivuga Igifaransa harabarurwa imitwe y’inyeshyamba irenga 300 yatumye ababarirwa mu bihumbi bagirwaho ingaruka n’ibikorwa byayo mu gihe 44% by’abaturage bibasiwe n’inzara.

Mu minsi ishize hari amakuru yavugaga ko Kenya igiye koherezayo abasirikare ngo bahangane n’abo bica amategeko ariko Inteko ishinga amategeko n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Ruto bitambika iki gitekerezo.

Bavugaga ko Kenya itagomba kohereza abana bayo mu muriro ngo bajye kwicirwa muri kiriya gihugu kiri mu bikennye kandi bidatekanye kurusha ibindi ku isi.

Bumva nta nyungu zirambye Kenya yabigiramo.

Ibi byavuzwe nyuma y’uko hashize igihe gito uwahoze ari Perezida wa Haïti witwaga

Jovenel Moïse yishwe arashwe an’abantu bamusanze iwe aryamye.

Hari taliki 20, Nyakanga, 2021.

Ubu iki kirwa kiyoborwa na Ariel Henry.

TAGGED:featuredHaitiIgihuguKenyaMushikiwaboUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Iratutumba Hagati Ya Pakistan Na Iran
Next Article Rwanda: Ubwiyongere Bw’Ibicurane Buhangayikishije Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?