Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2021 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Louise Mushikiwabo yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO/OMS agamije kugeza inkingo za COVID-19 mu bihugu bigize ‘Umuryango ayoboye.’

Aya masezerano y’ubufatanye yashyizweho umukono na Madamu Louise Mushikiwabo n’Umuyobozi wa WHO/OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus.

Ubu bufatanye kandi buzafasha mu kugeza izindi serivisi z’ubuzima muri biriya bihugu.

Muri izo serivisi harimo no kurwanya Malaria, igituntu n’izindi ndwara.

Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa kandi uzakora ubukangurambanga mu bihugu bigize uriya muryango kugira ngo ababituye n’ababiyobora bazakoreshe neza uburyo bazahabwa na WHO/OMS mu kurwanya ziriya ndwara.

Mu masezerano Mushikiwabo yasinyanye na Tedros harimo ko mu bihugu bizakorerwamo buriya bukangurambaga, hagomba kuzakoreshwa Igifaransa kugira ngo hatazagira umuturage cyangwa umuyobozi uvuga ko yabangamiwe no kutumva Icyongereza.

Bazaganira kandi ku burere bwerekeye ubuzima bw’imyororokere.

Mushikiwabo asinya amasezerano y’imikoranire na WHO/OMS
TAGGED:COVID-19featuredInkingoMushikiwaboTedrosUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sarkozy Yatabaje Polisi Ngo Ifate Abishe Amabwiriza Kuri COVID-19
Next Article Gen. Sekamana Wayoboraga FERWAFA Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?