Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2021 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Louise Mushikiwabo yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO/OMS agamije kugeza inkingo za COVID-19 mu bihugu bigize ‘Umuryango ayoboye.’

Aya masezerano y’ubufatanye yashyizweho umukono na Madamu Louise Mushikiwabo n’Umuyobozi wa WHO/OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus.

Ubu bufatanye kandi buzafasha mu kugeza izindi serivisi z’ubuzima muri biriya bihugu.

Muri izo serivisi harimo no kurwanya Malaria, igituntu n’izindi ndwara.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa kandi uzakora ubukangurambanga mu bihugu bigize uriya muryango kugira ngo ababituye n’ababiyobora bazakoreshe neza uburyo bazahabwa na WHO/OMS mu kurwanya ziriya ndwara.

Mu masezerano Mushikiwabo yasinyanye na Tedros harimo ko mu bihugu bizakorerwamo buriya bukangurambaga, hagomba kuzakoreshwa Igifaransa kugira ngo hatazagira umuturage cyangwa umuyobozi uvuga ko yabangamiwe no kutumva Icyongereza.

Bazaganira kandi ku burere bwerekeye ubuzima bw’imyororokere.

Mushikiwabo asinya amasezerano y’imikoranire na WHO/OMS
TAGGED:COVID-19featuredInkingoMushikiwaboTedrosUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sarkozy Yatabaje Polisi Ngo Ifate Abishe Amabwiriza Kuri COVID-19
Next Article Gen. Sekamana Wayoboraga FERWAFA Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?