Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri Stade bagaterwa amabuye.

Hari mu kiganiro yahaye abaturage n’abanyamakuru by’umwihariko kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023.

Ndayishimiye yavuze ko ibihugu bikangisha guhagarikira imfashanyo igenewe ibihugu bikennye ngo ni uko byanze kwemera  ubutinganyi  bishatse byazayihagarika.

Ati: “Imfashanyo bazayitwime. Ndababwira ko niba ushaka kwikwegera umuvumo wemerera ababana bahuje ibitsina.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yavuze ko muri Bibiliya harimo urugero ruvuga uko Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwahabaga.

Yunzemo ati: “Abo bantu tubabonye mu Burundi bakwiye kubajyana kuri Stade bakabatera amabuye, kandi nta cyaha baba bakoze.”

Yavuze ko Imana yaremye umugore n’umugabo ngo babyare bororoke.

Ndayishimiye yavuze ko kwemera ubutinganyi no kubwanga ari nko guhitamo hagati y’Imana na Shitani, akavuga ko kubwemera ari uguhitamo Shitani.

Ati “Ubishaka azajye muri ibyo bihugu ahereyo.”

- Advertisement -
TAGGED:AbatinganyiBurundifeaturedNdayishimiyeShitani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Abakwirakwizaga Urumogi Bafashwe
Next Article Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda:Abahanga Bize Uko Ikoranabuhanga Ryakomeza Gukoreshwa Mu Miyoborere

Edgar Lungu Wayoboye Zambia Yapfuye

Impungenge Ku Birayi Byongererewe Ubushobozi Zishire-Umushakashatsi Wa RAB

Trump Yahagaritse Ingendo Ziva Mu Bihugu 12 Zijya Muri Amerika

Nyamagabe Igiye Guhabwa Amazi Ku Bayituye Bose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abanyeshuri Ba Kaminuza Nkuru Y’Uburundi Bafitiye Ubwoba Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ifu Y’Ifi: Ubundi Buryo Bwo Kurwanya Indyo Mbi Mu Bana B’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ibya Israel Na Syria Byajemo Kidobya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?