Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yitabiriye Umuhango Wo Gusezera Kuri Magufuli
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ngirente Yitabiriye Umuhango Wo Gusezera Kuri Magufuli

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2021 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli.

Uyu muyobozi wa Tanzania aherutse kwitaba Imana mu minsi ishize azize icyo Guverinoma ya Tanzania yise ‘indwara y’umutima.’

Umuhango wo gushyingura Perezida Magufuli uzabera mu Murwa mukuru Dodoma mu minsi mike iri imbere.

Mu ijambo Perezida Kagame aherutse kugeza ku bari bitabiriye umuhango wo kurahiza abayobozi bashya baherutse gushyirwa muri Guverinoma, yavuze ko u Rwanda rwifatanyije na Tanzania muri ibi bihe bikomeye, nyuma y’urupfu rwa Perezida John Magufuli witabye Imana ku wa 17 Werurwe 2020.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati “Ntabwo nasoza ijambo ryanjye ntihanganishije mu izina ryanjye bwite no mu rya guverinoma n’abaturage b’u Rwanda, umuryango wa nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli ndetse n’abaturage ba Tanzania muri rusange.”

Perezida Kagame yavuze ko Perezida Magufuli yari umuntu ushyira Afurika imbere akaba n’inshuti y’u Rwanda.

Nyuma y’urupfu rwa Magufuli, ubu Tanzania iyoborwa na Madamu Samia Suluhu Hassan wari usanzwe ari visi perezida.

Ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize nibwo yarahiriye kuyobora kiriya gihugu muri manda izasozwa mu 2025.

Perezida Suluhu yatangaje ko Magufuli azashyingurwa iwabo ku ivuko ahitwa Chato mu gace ka Geita, ku wa Kane tariki 25 Werurwe 2020.

- Advertisement -

Geita, ku wa Kane tariki 25 Werurwe 2020.

Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Mbere muri Jamhuri Stadium mu murwa mukuru Dodoma.

Mu bayobozi batangajwe ko bitabira umuhango wo gusezera kuri Magufuli harimo bakuru b’ibihugu 11 muri Afurika.

Barimo Uhuru Kenyatta (Kenya), Filipe Nyusi (Mozambique) Lazarus Chakwera (Malawi), Azali Assoumani (Comoros), Emmerson Mnangagwa(Zimbabwe), Edgar Lungu (Zambia), Mokwaeetsi Masisi (Botswana), Hage Geingob(Namibia) Cyril Ramaphosa (Afurika y’Epfo) na Felix Tshisekedi (DRC).

TAGGED:featuredKagameMagufuliNgirentePombeTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Donald Trump Agiye Gutangiza Urubuga Nkoranyambaga Rwe
Next Article Abakina Umukino W’Igare Bahawe Ikoranabuhanga Ryo Kwitorezaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?