Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngoma: Babwiye Perezida W’Urukiko Rw’Ikirenga Imbogamizi Bahura Nazo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngoma: Babwiye Perezida W’Urukiko Rw’Ikirenga Imbogamizi Bahura Nazo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2023 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo avuga ko ibikoreshobike mu nkiko zisumbuye n’iz’ibanze biziyongera hagendewe ku mikoro y’igihugu. Intego yabyo ni kugira ngo ubutabera burusheho gukorwa kinyamwuga.

Dr. Faustin Ntezilyayo yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma y’uruzinduko rw’akazi yakoreye mu Karere ka Ngoma.

Yeretswe imikorere y’inkiko zo muri kariya karere, abwirwa n’imbogamizi abazikoramo bahura nazo.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yaganiriye n’abacamanza, abanditsi b’inkiko n’abandi bakozi b’inkiko bo mu ifasi urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rukoreramo.

Yashimye imikorere n’ubwitange bw’abakozi byabo, abasaba  gukomeza kwimakaza ukuri mu byemezo bafata.

Imwe mu mbogamizi abacamanza n’abanditsi b’inkiko bamugejejeho imbogamizi zikwiye kwitabwaho kugira ngo inshingano zabo zisohozwe neza.

Ku ikubitiro harimo ibikoresho bike.

Yabasezeranyije ko ibyo bikoresho bazaboneka mu gihe kiri imbere, ariko bikazashingira ku mikoro igihugu kizaba gifite.

Ibikoresho bike mu nkiko z’u Rwanda si umwihariko w’i Ngoma kuko n’ahandi hagaragara iki kibazo.

Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rukorera mu ifasi y’urukiko rukuru, urugereko rwa Rwamagana rukagira inkiko enye z’ibanze nk’uko RBA ibyemeza.

TAGGED:featuredNgomaNtezilyayoPerezidaUbutaberaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Bafashwe Bacukura Amabuye Y’Agaciro Mu Buryo Butemewe
Next Article DRC: Hadutse Umutwe W’Inyeshyamba Z’ABATWA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?