Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngoma: Babwiye Perezida W’Urukiko Rw’Ikirenga Imbogamizi Bahura Nazo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ngoma: Babwiye Perezida W’Urukiko Rw’Ikirenga Imbogamizi Bahura Nazo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 March 2023 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo avuga ko ibikoreshobike mu nkiko zisumbuye n’iz’ibanze biziyongera hagendewe ku mikoro y’igihugu. Intego yabyo ni kugira ngo ubutabera burusheho gukorwa kinyamwuga.

Dr. Faustin Ntezilyayo yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma y’uruzinduko rw’akazi yakoreye mu Karere ka Ngoma.

Yeretswe imikorere y’inkiko zo muri kariya karere, abwirwa n’imbogamizi abazikoramo bahura nazo.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yaganiriye n’abacamanza, abanditsi b’inkiko n’abandi bakozi b’inkiko bo mu ifasi urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rukoreramo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yashimye imikorere n’ubwitange bw’abakozi byabo, abasaba  gukomeza kwimakaza ukuri mu byemezo bafata.

Imwe mu mbogamizi abacamanza n’abanditsi b’inkiko bamugejejeho imbogamizi zikwiye kwitabwaho kugira ngo inshingano zabo zisohozwe neza.

Ku ikubitiro harimo ibikoresho bike.

Yabasezeranyije ko ibyo bikoresho bazaboneka mu gihe kiri imbere, ariko bikazashingira ku mikoro igihugu kizaba gifite.

Ibikoresho bike mu nkiko z’u Rwanda si umwihariko w’i Ngoma kuko n’ahandi hagaragara iki kibazo.

- Advertisement -

Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rukorera mu ifasi y’urukiko rukuru, urugereko rwa Rwamagana rukagira inkiko enye z’ibanze nk’uko RBA ibyemeza.

TAGGED:featuredNgomaNtezilyayoPerezidaUbutaberaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Bafashwe Bacukura Amabuye Y’Agaciro Mu Buryo Butemewe
Next Article DRC: Hadutse Umutwe W’Inyeshyamba Z’ABATWA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?