Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2024 12:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyange hari amakuru avuga ko umugore wari warabuze, abaturage bakamutabariza yabonetse yarapfuye.

Umurambo we bawusanze mu masangano y’umugezi wa Nyabarongo n’umugezi wa Secoko.

Bamwe mu batuye aka gace babwiye Radio/TV 1 ko uriya mugore bakeka ko yashimuswe.

Ikindi ni uko yari afite abana batatu.

Umuturage w’aho uyu mugore yari atuye avuga ko hari abantu bahamagaye uwo mugore aragenda ariko baramutegereza baramubura.

Abana babwiye abaturanyi ko bagiye kuryama nyuma y’uko Nyina yitabye abo bantu.

Uwo muturage ati: “ Abana bagiye kureba aho Nyina yaryamaga basanga ntawe uhari”.

Abaturage kandi bavuga ko bishoboka ko abishe uriya mugore bamwishe bamushyira mu mufuka bamujugunya hari y’imigezi yavuzwe haruguru.

Ntiharamenyekana niba uwo mugore yazize ubwambuzi bw’abo bagizi ba nabi cyangwa niba urupfu rwe rwazize indi mpamvu.

Taarifa iracyashaka kumenya icyo Polisi ivuga kuri iki kintu ariko Umuvugizi wayo mu Burengerazuba ntaragira icyo abidusubizaho.

TAGGED:AbanaNgororeroPolisiUmugeziUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Diomaye Faye Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Byeruye
Next Article Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?