Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: FUSO Yari Ipakiye Ingurube Yahitanye Shoferi, Hapfa Ingurube 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: FUSO Yari Ipakiye Ingurube Yahitanye Shoferi, Hapfa Ingurube 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2023 7:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Ugushyingo, 2023,  FUSO yari igeze ahitwa Taba mu Kagari ka Gitwe, Umurenge wa Karambi mu Karere ka Nyamasheke yerenze umuhanda igwa mu mukingo shoferi ahasiga ubuzima. Mu ngurube 35 yari ipakiye, hapfuye 12 harokoka 23.

Amakuru umwe mu baturage bahuruye yatubwiye avuga ko hari abandi bantu icyenda bahakomerekeye.

Shoferi wapfuye yitwa Elias Tuyisenge akaba yari afite imyaka 30 y’amavuko, akaba Mwene Narcisse Ngwije na Marianne Nyirahishamunda.

Iyi kamyo yari igemuye ingurube mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke

FUSO ifite pulake RAE 796T.

Ikindi ni uko iriya modoka yavaga i Nyamagabe yerekeza mu Murenge wa Kirimbi nawo wo mu Karere ka Nyamasheke.

Fuso yari ivuye mu Murenge wa Karambi igana mu Krimbi igemuye ingurube

Abakomeretse boherejwe ku kwa muganga hafi aho ahitwa ku kigo nderabuzima cya Ngange.

Ubwo twandikaga iyi nkuru, twari tutaramenya icyateye iyi mpanuka.

Iyi mpanuka ibaye hashize umunsi umwe indi ibereye mu Mudugudu wa Kadasomwa, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi gaturanye n’Akarere ka Nyamasheke igahitana abantu batandatu.

Iyi FUSO yo yari itwaye inka izijyanye ku mupaka w’u Rwanda na DRC igwa mu mugezi.

TAGGED:FUSOImpanukaIngurubeInkaNyamashekeRusizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru Wa APR FC Yavuye Mu Nshingano
Next Article Perezida Wa M23 Ati: ‘Ubutaka Twafashe ‘Tuzabushyiraho’ Ubutegetsi Bwigenga’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?