Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Umunyeshuri Yakoze Siporo Arapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Umunyeshuri Yakoze Siporo Arapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2024 8:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ntihinyurwa Pierre w’imyaka 13 yigaga  muri G.S Makoko mu Murenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke witeguraga  gukora ikizamini cya Leta kirangiza amashuri abanza yapfuye ari muri Siporo

Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri yigagaho witwsa Silas Ntagwabira yabwiye itangazamakuru ko uyu munyeshuri yapfuye  ku wa Gatanu taliki 19, Mata, 2024 ahagana mu masaha y’igicamunsi ari kumwe na bagenzi be muri Siporo.

Ntagwabira avuga ko mbere y’uko abanyeshuri bajya gukina, mwarimu wabo yababajije niba hari abarwaye, abari barwaye barabivuga bavanwa mu bandi ariko uwo wapfuye we ngo yumvaga nta kibazo afite ajya gukinana n’abandi.

Bidatinze uwo mwana yikubise hasi ajya muri coma, hanyuma mwarimu wa Siporo aratabaza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abandi barezi bo kuri icyo kigo baratabaye, bakora ubutabazi bw’ibanze, bahamagara imodoka n’ababyeyi be bamujyana mu bitaro ariko aza kuhagwa.

Silas Ntagwabira yabwiye UMUSEKE ati: “ Umwana yirukaga ashaka ko bamuhereza umupira, asubira inyuma yitura hasi.  Mwarimu yarampamagaye ambwira ko umwana yagiye muri koma n’abandi barezi duhamagaza imodoka iraza n’ababyeyi be tumujyana mu Bitaro bya Kibogora bavuga ko ubwonko bwe bwahise businzira”.

Ikindi ni uko ngo uwo mwana nta bundi burwayi yari afite kugeza ubwo yahuraga n’iki kibazo

Icyakora ngo uwo mwana yari amaze igihe gito abwiye ababyeyi be ko  atameze neza, ibi byago bibaye bataramujyana kwa muganga ngo bamenye uko ubuzima bwe bwifashe.

Uwo mwana yaraye ashyinguwe.

- Advertisement -
TAGGED:NyamashekeRwandaUmunyeshuri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Y’Uburusiya Na Ukraine Igiye Gufata Indi Sura
Next Article Imibu Iva Hakurya Yanduza Abanyarwanda Malaria – Min Nsazimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Buyobozi Bw’Intara Harimo Urunturuntu-Tshisekedi

Rwanda: Abakobwa Biga Amashuri Mato Ni Benshi, Bakagabanuka Muri Kaminuza…

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?