Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho

Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje

taarifa@media
Last updated: 18 February 2021 6:25 am
taarifa@media
Share
SHARE

Ahagana saa 06h00 z’umugoroba nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko imodoka ya Sugira Ernest yahiriye muri garaje aho yari kumwe n’izindi zigera kuri 16. Zose zakongotse.

Sugira yavuze ko n’ubwo imodoka ye itari ihenze ariko kuba ihiye bimwiciye imibare.

Ati “Ni ibyago nagize nk’abandi bose bari bazanye imodoka hano ariko tugomba kwihangana nta kundi. Imodoka yanjye iri mu bwoko bwa Colora Altis nayiguze miliyoni 7.”

“Ntabwo ari imodoka ihenze, ariko urabyumva nawe gutakaza imodoka ni akababaro gakomeye kuko biba bigushyize mu yindi mibare utateganyije.”

Yarangije avuga ko azategereza icyo ubwishingizi buzamufasha.

Sugira Ernest ni Rutahizamu wa Rayon Sport FC n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’
Next Article Buhari Yategetse Ingabo Kwambarira Urugamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho

Kwambara Neza ‘Ugakabya’ Mu Kazi Bibangamira Abo Mukorana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho

Amafoto: Perezida Kagame Yitabiriye Car Free Day

Yandtswe na admin
Icyorezo COVID-19Imibereho

Resitora Zimwe z’I Nyamirambo Zimuriwe Mu Mihanda

Yandtswe na admin
Imibereho

Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)

Yandtswe na admin

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?