Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho

Imodoka Ya Sugira Ernest Yahiriye Muri Garaje

taarifa@media
Last updated: 18 February 2021 6:25 am
taarifa@media
Share
SHARE

Ahagana saa 06h00 z’umugoroba nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko imodoka ya Sugira Ernest yahiriye muri garaje aho yari kumwe n’izindi zigera kuri 16. Zose zakongotse.

Sugira yavuze ko n’ubwo imodoka ye itari ihenze ariko kuba ihiye bimwiciye imibare.

Ati “Ni ibyago nagize nk’abandi bose bari bazanye imodoka hano ariko tugomba kwihangana nta kundi. Imodoka yanjye iri mu bwoko bwa Colora Altis nayiguze miliyoni 7.”

“Ntabwo ari imodoka ihenze, ariko urabyumva nawe gutakaza imodoka ni akababaro gakomeye kuko biba bigushyize mu yindi mibare utateganyije.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yarangije avuga ko azategereza icyo ubwishingizi buzamufasha.

Sugira Ernest ni Rutahizamu wa Rayon Sport FC n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Wa Musaza Warwanye Intambara y’Isi ‘Yemerewe Inka’
Next Article Buhari Yategetse Ingabo Kwambarira Urugamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Imibereho

Kwambara Neza ‘Ugakabya’ Mu Kazi Bibangamira Abo Mukorana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho

Amafoto: Perezida Kagame Yitabiriye Car Free Day

Yandtswe na admin
Icyorezo COVID-19Imibereho

Resitora Zimwe z’I Nyamirambo Zimuriwe Mu Mihanda

Yandtswe na admin
Imibereho

Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)

Yandtswe na admin

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?