Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Abanyerondo Babiri Bishwe N’Ikamyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyanza: Abanyerondo Babiri Bishwe N’Ikamyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2024 11:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikamyo ya  HOWO yaraye  yishe abantu batandukanye barimo abanyerondo babiri na shoferi bose bakaba bari bagiye kugama imvura yari irimo igwa i Mugandamure mu Mudugudu wa Karukoyanya A mu Kagari ka Kavumu Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza.

Shoferi yitwaga Nkurikiyimfura Emmanuel w’imyaka 28, abanyerondo bapfuye bo ni Ndayisenga Eraste w’imyaka 42 na Nshimiyimana  Jean de Dieu w’imyaka 40.

Abageze bwa mbere aho impanuka yabereye bavuga ko imodoka yaje isanga abanyerondo ku giti bari bugamyeho ibagongana n’icyo giti babiri bahita bapfa ariko undi bari kumwe we abasha kwiruka ntiyagira icyo aba.

Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda Emmanuel Kayigi yabwiye bagenzi ba UMUSEKE ko iriya mpanuka yatewe n’umuvuduko mwinshi w’umushoferi.

Kigingi nawe yakomeretse ajyanwa kuvurirwa Kwa muganga i Nyanza.

SP Emmanuel Kayigi asaba abashoferi kwirinda gukorera ku jisho ngo baracunganwa na camera cyangwa abapolisi ngo niba batababonye hafi aho ku muhanda bitume bavuduka.

Umuvuduko munini niwo wateye iyo mpanuka.

TAGGED:AbanyerondoHowoIkamyo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwitwa Bihirabamwe Yibye $9000 Ntibyamuhira
Next Article Abana B’i Gatsibo Bari Baraburiwe Irengero Babonetse Muri Kayonza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?