Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Afunzwe Azira Kuvuga Ko Intambara Igarutse ‘Nta Mututsi Wabacika’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Afunzwe Azira Kuvuga Ko Intambara Igarutse ‘Nta Mututsi Wabacika’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2023 3:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubugenzacyaha bwo mu Karere ka Nyanza bwafunze umusore nyuma yo kuvuga amagambo menshi arimo ko ‘Abatutsi ari abagome.’ Bivugwa ko yunzemo ko intambara iramutse igarutse ‘nta Mututsi wabacika.’

Abumvise amagambo y’uyu musore bita Rusaku bavuga ko yeruye avuga ko mu mwaka wa 1994 bashyiriyemo imiyaga Abatutsi.

Gushyiramo imiyaga ni imvugo y’ubu ivuga ‘korohereza umuntu ingoyi’, ‘kutamubabaza’, ‘kumudohorera’ n’ibindi.

Uyu Rusaku ubusanzwe yitwa Ubareba Emmanuel akaba yari asanzwe atuye mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwe mu baturage b’aho uwo musore yavugiye biriya yabwiye itangazamakuru ko Rusaku yavuze ko Abatutsi ari abagome kubera ko bamuhombeje miliyoni Frw 8.

Mutwarasibo wo mu gace uwo Rusaku yari atuye mo nawe yagize ati: “Rusaku yahereye mu gitondo mbere y’uko afungwa avuga ko intambara igarutse nta Mututsi wabacika kuko bashyizemo imiyaga kandi Abatutsi baba barabitse amarira yabo none ubu mu kwa kane igihe cyageze cyo kurira”.

Kananura Musare Vincent de Paul, Perezida wa IBUKA mu Murenge wa Busasamana mu kiganiro cyihariye yahaye UMUSEKE yavuze ko uriya muturage ‘yari yasinze’.

Ati:“Bivugwa ko yari yasinze ariko ni urw’itwazo kuko yari yahereye kare avuga ko Abatutsi ari abagome.”

Ingengabitekerezo ya Jenoside ihanwa n’amategeko y’u Rwanda, akenshi ikunze kumvikana mu gihe cy’iminsi irindwi ni ukuvuga kuva taliki ya 07/04-13/04 buri mwaka, ibintu IBUKA ivuga ko bidakwiye bikwiye no kwirindwa kuko u Rwanda n’abarutuye bari mu nzira y’ubumwe n’ubwiyunge.

- Advertisement -

Rusaku w’imyaka 31 y’amavuko avuka mu karere ka Huye ariko akaba yarasanzwe akora umurimo wo kudoda inkweto.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rusaba abaturage kuzibukira ibikorwa bigize ingengabitekerezo ya Jenoside aho biva bikagera.

TAGGED:featuredIBUKAIngengabitekerezoJenosideNyanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Agiye Gusura Benin
Next Article Amerika Imaze Igihe Ineka Umuyobozi Wa UN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?