Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Y’Abajenerali, Ofisiye Bakuru Muri Polisi Bashyizwe Mu Cy’Izabukuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyuma Y’Abajenerali, Ofisiye Bakuru Muri Polisi Bashyizwe Mu Cy’Izabukuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 September 2023 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame mu bubasha ahabwa n’amategeko yashyize mu kiruhugu cy’izabukuru abapolisii bakuru barimo n’uwigeze kuyobora Polisi y’u Rwanda CG Gasana Emmanuel.

Abandi ni CP Bruce Munyambo wari ushinzwe ishami rya Polisi rikorana n’abaturage mu gucunga umutekano bita Community Policing, CP Vianney Nshimiyimana ukora muri Minisiteri y’umutekano na CP Emmanuel Butera wigeze kuba umuyobozi muri Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa ariko ubu akaba yayoboraga ikigo cya Polisi cyigisha abapolisi bitabazwa aho rukomeye.

Iki kigo kiba i Mayange mu Karere ka Bugesera.

Abandi bapolisi ba ofisiye bakuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru ni ACP Damas Gatare, na ACP Privat Gakwaya wakoraga mu ishuri rikuru rya Polisi riba i Musanze.

CG Emmanuel Gasana
ACP Damas Gatare
CP Emmanuel Butera
CP Vianney Nshimiyimana

Perezida Kagame kandi yasezereye abapolisi barindwi ku mpamvu z’uburwayi, asezerena n’abandi batandatu ku mpamvu zitandukanye.

Abofisiye bato basezerewe ni 50 n’aho abapolisi bato muri rusange basezerewe ni 60.

Gushyira Ofisiye bakuru muri Polisi y’u Rwanda mu kiruhuko bije bikurikira ishyirwa mu kiruhuko ry’abasirikare bakuru ba RDF bashyizwe mu kiruhuko mu byumweru bike bishize.

Abo bajenerali barimo na James Kabarebe, Augustin Turagara…

Ku ifoto  ugaragara ni CP Bruce Munyambo

TAGGED:featuredGasanaGatareKagameMunyamboPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushoreke, Kumva Nabi Uburinganire: Intandaro Y’Amakimbirane I Muhanga
Next Article Umuyobozi Wa DASSO Arashinjwa Gukubitira Umuturage Mu Ruhame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?