Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Y’Imyaka 17 Haruna Agarutse Muri Rayon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Nyuma Y’Imyaka 17 Haruna Agarutse Muri Rayon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2024 6:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko yakiriye rutihizamu Haruna Niyonzima wayiherukagamo mu mwaka wa 2007 ni ukuvuga ko hashize  imyaka 17.

Haruna yasinye amasezerano y’umwaka umwe akina muri iyi kipe ihora ihanganye na APF FC nk’abakeba mu mupira w’amaguru mu Rwanda.

Haruna Niyonzima amaze imyaka 19 akina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga.

Agitangira kumenyekana yakiniraga Etincelles, iyi ikaba ikipe y’i Rubavu aho akomoka.

Si Etincelles gusa yakiniye kuko yakinnye no muri APR FC, muri AS Kigali, Yanga Africans na Simba SC zo muri Tanzania na Al Ta’awon yo muri Libya.

Niyonzima asanzwe akina inyuma ya ba rutahizamu ndetse no ku ruhande asatira.

Rayon Sports yari imaze iminsi iguze abandi bakinnyi barimo umunyezamu Ndikuriyo Patient, Rukundo Abdul Rahman, Richard Ndayishimiye, Omar Gningue, Nshimiyimana Emmanuel bahimba ‘Kabange’, Ishimwe Fiston, Omborenga Fitina na Niyonzima Olivier ‘Seif’.

Iyi kipe ikomeje imyitozo ngo izitware neza mu umwaka utaha w’imikino uzatangira muri Kanama, 2024.

Ku wa Gatandatu taliki 20, Nyakanga 2024, izakina na Gorilla FC mu mukino wa gicuti uzabera kuri Kigali Péle Stadium.

TAGGED:APRHarunaNiyonzimaRayon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FPR Nayo Yatsinze Amatora, PL Irusha PSD Amajwi
Next Article Kwigisha Abana Icyo Amafaranga Ari Cyo Nibyo Bizabagira Abakire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?