Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ouattara Yahaye Ikaze Gbagbo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ouattara Yahaye Ikaze Gbagbo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2021 7:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo guhanagurwaho ibyaha n’Urukiko mpunzamahanga mpanabyaha, Bwana Laurent Gbagbo wigeze kuyobora Côte d’Ivoire na Charles Blé-Goudé ategerejwe i Abidjan. Perezida Alassane Dlahamane Ouattara yatangaje ko Gbagbo ahawe ikaze mu gihugu.

Ouattara niwe bari bahanganye mu matora yabaye muri 2010 akarangira Gbagbo ayatsinzwe ariko ntiyemera ibyayavuyemo, ahubwo avuga ko yibwe amajwi.

Ibi byaje kuvamo imidugararo yaguyemo abantu 3000.

Ubushinjacyaha bwareze Laurent Gbagbo mu Rukiko mpuzamahanga mpanabyaho  ko ari we nyirabayazana w’iriya midugararo, ariko urukiko ruza kumugira umwere.

Umushinjacyaha mukuru  Fatou Madamu Bensouda yaje kujuririra kiriya cyemezo, ariko nabwo ubushinjacyaha buratsidwa, urukiko rwongera kugira Gbagbo na Charles Blé-Goudé bareganwaga abere.

Perezida  Ouattara yaraye atangarije ishami ry’Ijwi ry’Amerika ryandika mu Cyongereza ko  bariya bagabo bemerewe gutaha mu gihugu cyabo igihe cyose bazumva bibanogeye.

Ble Goude yahoze ayobora umutwe witwaga Les Jeunes Patriotes

Ku rundi ruhande ariko, Gbagbo yashyiriweho inyandiko zimufata zatanzwe na Guverinoma ya Côte d’Ivoire k’uburyo ibyaha aregwa biramutse bimuhamye yakatirwa imyaka 20 y’igifungo.

Aregwa gusesagura umutungo yari yarahawe na Banki Nyafurika y’i Burengerazuba.

Gbagbo yategetse Côte d’Ivoire  guhera  muri 2000 kugeza muri 2011.

TAGGED:CotefeaturedOuattaraUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukuri Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi Kugomba Gukomeza Gucukumburwa- Macron
Next Article BNR Yunamiye Abahoze Ari Abakozi Bayo Bazize Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu mahanga

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?